Inkuru Nyamukuru

Ruhango: Ubujura buri gutuma abaturage basarura imyaka iteze

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Cana, Akagari ka Musamo, Umurenge

Nyamagabe: Imiryango 1000 ibana mu makimbirane

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe bwatangaje  ko buhangayikishijwe n'imiryango 1000 ibana mu makimbirane.

Rikora umwuka urenga miliyoni 5! Menya ishyamba Arboretum rya Kaminuza y’u Rwanda

Ishyamba rya Arboretum ni rimwe mu mashyamba manini ari mu Ntara y'Amajyepfo

Nyamasheke: Abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe

Abantu babiri bo mu karere ka Nyamasheke,bagwiriwe n’ikirombe cyacukurwagamo amabuye y’agaciro ,

Kenya: Ibura ry’umuriro ryateje intugunda

Abanya-Kenya bariye karungu nyuma yuko mu ijoro ryo ku wa 11 Ukuboza

Abafite ubutaka butanditse bahawe ubwasisi

Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubutaka (NLA) bwamenyesheje abantu bose batabashije kwandikisha ubutaka

Nyabihu: Bamwe mu bagabo bahunze abagore bajya kwikodeshereza

Hari abagabo bo mu Karere ka Nyabihu bataye ingo zabo kubera guhozwa

RDC: Ingabo z’u Burundi zari Kivu ya Ruguru zatashye- AMAFOTO

Ingabo z’umuryango w’ibihugu bya Afrika y’iburasirazuba (EACRF) zatangaje ko abasirikare b’u Burundi

Amerika yafatiye ibihano abarimo umuvugizi wa M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye ibihano abantu batandukanye bo muri Repubulika

‘Bavuga badafite ibimenyetso’ NCHR ivuga kuri raporo za Human Right Watch

Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu mu Rwanda , yavuze ko raporo zikorwa

APR yatanze umucyo ku makimbirane avugwa mu bakinnyi n’umutoza

Umuyobozi w'ikipe ya APR FC, yashimangiye ko nta makimbirane ari hagati y'umutoza

RDC: Kiliziya Gatorika yasabye Perezida uzatorwa ‘kutuzuza imifuka ye’

Musenyeri wa Diyosezi ya Goma, Willy Ngumbi Ngengele, yasabye perezida mushya uzatorwa

Ibyaha birimo icuruzwa ry’abantu bibangamiye uburenganzira bwa muntu.

Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko hashimwa intambwe imaze guterwa mu kubahiriza uburenganzira bwa

RDF yinjije mu gisirikare abasore n’inkumi

Igisirikare cy’u Rwanda cyakiriye ku mugaragaro abasirikare bashya mu Ngabo z’u Rwanda

AS Kigali yahagaritse umuvuduko wa Rayon Sports

Ikipe ya AS Kigali, yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi