Inkuru Nyamukuru

Ikamyo yishe abantu babiri barimo umukobwa w’imyaka 17

Huye: Imodoka y'ikamyo yishe abantu babiri barimo uwari utwaye moto, amakuru avuga

Gare ya Musanze yafashwe n’inkongi – AMAFOTO

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere Gare ya Musanze yafashwe n’inkongi,

Abanyamuryango ba Kiyovu basabiye Juvénal gufungwa

Mu Nama y’Inteko Rusange yahuje Abanyamuryango n’abakunzi b’ikipe ya Kiyovu Sports, basabiye

NALA Rwanda uburyo bushya bwo kohererezanya amafaranga bugeze mu Rwanda

NALA Rwanda, sosiyete y’ikoranabuhanga ikorera mu Rwanda yatangije uburyo bw’ikoranabuhanga bwitwa “NALA” 

Muhanga: Umunyamakuru arashinja ikigo cy’ubucukuzi kumukorera ibikorwa by’ubugome

Umunyamakuru Munyentwari Jerôme arashinja Kampani y'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro kumuhohotera,ikamwambura,ikamena n’ibikoresho by'akazi ikaba

Abajyanama b’ubuzima mu mujishi wo kurandura Malaria mu Rwanda

Indwara ya Malaria iza ku mwanya wa Karindwi mu zitera impfu mu

Gatsibo: Baratabariza umwana w’umukobwa uri kwangirika imyanya y’ibanga

Gufasha uyu muryango wakoresha numero +250786000815 ibaruye kuri Mageza Esdras Mageza Esdras

Volleyball (Zone V): Amakipe abiri y’u Rwanda yageze ku mukino wa nyuma

Mu mikino ya 1/2 y’umunsi wa Gatanu w’irushanwa riri guhuza amakipe yo

Handball: Abarundi batorokeye i Burayi batawe muri yombi

Abakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’u Burundi y’abatarengeje imyaka 19 baherutse gutorokera mu gihugu

Rutsiro: Abarezi bafata amafunguro agenewe abanyeshuri bahawe gasopo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwasabye abarezi n’abandi bakozi b’ishuri bose kudafata amafunguro

Umunyamakuru Manirakiza Theogene yarekuwe by’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko Umunyamakuru Manirakiza Théogene afungurwa by'agateganyo agakomeza

Abatumva ntibavuge bagorwa no kumenya ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere

Bamwe mu babyeyi bafite abana b’abakobwa bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga

Prince Kid ari he? Kugeza ubu ntaragezwa mu igororero

Urwego rw'Igihugu rushinzwe igorora (RCS) Rwanda Correctional Services, rwatangaje ko kugeza ubu

Rusizi: Fuso yaguye ihitana ubuzima bw’abantu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ugushyingo, 2023

Umusirikare w’Umurundi  bivugwa ko yapfiriye muri Congo yashyinguwe- AMAFOTO

Kuri uyu wa kane mu murwa mukuru wa Bujumbura nibwo hashyinguwe umusirikare