Inkuru Nyamukuru

Rusizi:  Imbamutima z’umubyeyi wabyaye abana batatu kuri Noheli

Mu karere ka Rusizi, kuwa Gatatu tariki ya 25 Ukuboza 2024,kuri Noheli,

Muhanga: Umuturage yafashwe   yarahinze urumogi mu bishyimbo

Ngendakumana Vénuste yarezwe na bagenzi be ko yahinze urumogi mu murima w'ibishyimbo

Minisitiri Nduhungirehe yatangariye Israel Mbonyi wongeye gukora amateka

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Nduhungirehe Olivier, yatangariye igitaramo Icyambu Live Concert

Nyanza: Uwasoreshaga abashoferi yiyitirira ubuyobozi yatawe muri yombi

Uwo bikekwa ko yiyitiriraga ubuyobozi yatawe muri yombi akekwaho gusoresha abashoferi nta

Abantu babiri  bishwe n’impanuka mu minsi ya Noheli

Polisi y’Igihugu yatangaje ko  abantu babiri  ari bo bishwe n’impanuka mu  bice

Congo ivuga ko yahanuye ‘Drones’ esheshatu  za M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (FARDC), cyatangaje ko kuwa Gatatu

Mozambique: Imfungwa 1500 zatorotse gereza

Polisi ya Mozambique yatangaje ko imfungwa zirenga 1,500 zatorotse gereza muri, zifatiranye

Nyanza: Polisi yafunze umusaza wakoze Jenoside  aza guhindura amazina

Polisi ikorera mu karere ka Nyanza  yafunze umusaza wari warahinduye amazina yihishahisha,

Cardinal Kambanda yasabye abakirisitu ko Noheli yababera isoko y’amahoro

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda avuga ko umunsi wa Noheli ari

Rusizi: Ubuyobozi bwijeje kuba hafi y’Abarokotse Jenoside batishoboye 

Imiryango 50 y'Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batishoboye  bo mu Mudugudu

Tshisekedi yamaramaje asaba ko itegekonshinga rihinduka

Perezida Felix Tshisekedi ubwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Ukuboza

Kigali: Hashyizweho imodoka zitwara abagenzi ijoro ryose mu minsi mikuru

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatangaje mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru ya

Muhanga: Gitifu ushinjwa kugurisha Ishyamba rya leta yakatiwe iminsi 30

Nsanzimana  Védaste wayoboraga Umurenge wa Nyabinoni Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30

Icukumbura ku bibazo biri mu gutwara imyanda mu Mujyi wa Kigali

Umujyi wa Kigali uri mu Mijyi  muri Afurika irangwa n’isuku ahanini bigizwemo

Mozambique: Abashyigikiye umukandida  watsinzwe amatora  bongeye kwigaragambya 

Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri Mozambique nyuma yuko urukiko rurusha izindi ububasha rwemeje