Inkuru Nyamukuru

Amerika na Korea y’Epfo byarashe ibisasu byo gusubiza Korea ya Ruguru

Igisirikare cya America gifatanyije n’icya Korea y’Epfo byarashe ibisasu bya misile byo

Nyabihu: Bimakaje ubufatanye bw’abagabo n’abagore mu gutegurira abana indryo yuzuye

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko  gufatanya n'abo

Nyarugenge: Basabwe kudahishira abayobozi banyunyuza imitsi y’abaturage

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rurasaba abayobozi mu nzego z’ibanze kwegera abaturage bakabaha

Umunya-Ghana akurikiranyweho guhutaza Vice-Mayor akamuciraho umwenda

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Ghana yagejejwe imbere y’Urukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye

Perezida Museveni yazamuye mu ntera umuhungu we, amugira “General full”

Perezida  wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yazamuye mu ntera abasirikare barimo umuhungu

Ferwafa yamenyesheje Bugesera na APR igihe zizakinira ikirarane

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru , ryamenyesheje ikipe ya APR FC na Bugesera

Habimana imbogo yamukuye amenyo 8, iramumugaza, umuryango we uratabaza

Musanze: Umuryango wa Habimana ugizwe n'abantu bane, uvuga ko wugarijwe n'ubukene bukabije

Rubavu: Umugabo akwekwaho kwica umugore amuhoye ibihumbi 12 Frw

Umugabo wo mu Murenge wa Mudende, arakekwaho kwica umugore we amutemye, nyuma

Polisi yafashe umushoferi atwaye magendu zivuye muri Congo

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Muhanga yafatanye umushoferi ibicuruzwa bitandukanye byinjijwe

Jenerali wasabye Tshisekedi gutera u Rwanda yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yagize Lt Gen Christian Thiwewe Songesha, Umugaba Mukuru w'Ingabo

Musanze: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi baremeye abatishoboye

Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi mu Karere ka Musanze bishimiye ibyo bamaze kugeraho n'ibyo

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cya rutura cyaciye hejuru y’Ubuyapani

U Buyapani bwatangaje ko Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyo mu bwoko

Rutsiro: Umubyeyi yaguye mu mugezi, umwana yari ahetse ararohama

Umubyeyi wari uhetse umwana w'amezi atandatu yaguye mu mugezi, umwana we ararohama

Tujyane mu rusengero rw’abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga i Kigali

Mu Karere ka Kicukiro hari urusengero ruzamo abantu b'amadini yose rugamije gukura

Muhanga: Umugabo akekwaho kwica kinyamaswa umugore we, “na we baramurasa”

Niyitamba Gilbert washinjwaga kwica umugore we amukase ijosi akamwica, ngo yashatse kurwanya