Inkuru Nyamukuru

I Goma, imyigaragambyo yo kwamagana ingabo za MONUSCO imaze kugwamo 5

UPDATE: Patrick Muyaya Umuvugizi wa Leta ya Congo yavuze ko imyigaragambyo ikomeje

Ubuyapani bwanyonze umugabo w’imyaka 39

Tomohiro Kato yanyonzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kwica abantu mu kivunga,

Police FC yinjije batatu, yongerera amasezerano babiri

N'ubwo kugeza ubu ntacyo ubuyobozi bw'iyi kipe y'Igipolisi buratangaza ku bakinnyi bashya,

Uko byagendekeye Umugore wabyawe n’Umubiligi akamuhisha Nyina w’Umunyarwandakazi na n’ubu

Umugore ufite umubyeyi umwe w’Umubiligi n’undi w’Umunyarwandakazi yitabaje Ijwi ry’Amerika ngo amenye

Louise Mushikiwabo arashaka manda ya kabiri, ati “mfite ubushake”

Umunyarwandakazi, Mme Louise Mushikiwabo uyoboye Umuryango w'ibihugu bivuga Igifaransa, (OIF), yatangaje ku

Muhanga: Abakozi 44 bahinduriwe ifasi abari mu Mujyi bajyanwa mu cyaro

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga bwahinduriye ifasi abakozi 44 bo ku rwego rw'Imirenge

Minisitiri Dr Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu nama i Kinshasa

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta ari iKinshasa aho yahagarriye Perezida wa

Umuhanda Nzove-Ruli-Gakenke wabaye nk’igisoro, barasaba ko ikorwa ryawo risubukurwa

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kanyinya, Akagari ka Nzove, mu

Inyungu ziri mu bufatanye bwa Impesa na Atticus

Ku wa Kabiri tariki 19 Nyakanga 2022, ni bwo  ubuyobozi bw'ikompanyi ya

Imikino y’abakozi: Umutoza wa Rwandair yahaye umukoro ARPST

Mu mpera z'icyumweru gishize hakinwaga imikino yo kwishyura y'umunsi wa Kane mu

Goma: Abigaragambya basahuye ibiro bya MONUSCO-VIDEO

Mu myigaragambyo iri kubera mu Mujyi wa Goma ku murwa mukuru w'Intara

MONUSCO yabaye ikirungurira kuba Kongomani

Umunsi ku wundi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo umutekano ukomeje kuba

Imitoma iravuza ubuhuha hagati ya Vanesa na Biramahire Abeddy

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 23 Nyakanga 2022, Biramahire Abeddy

Kirehe: Ubujura bwibasira imyaka n’amatungo buteye inkeke

Bamwe mu baturage bo mu Tugari twa Curazo na Nyamiryango two mu

Ku mahame ya Adel Ahmed azashobokana na KNC?

Ku wa Mbere tariki 18 Nyakanga, ubuyobozi bwa Gasogi United burangajwe imbere