Inkuru Nyamukuru

BRD yashyize igorora abakorera make gutunga amacumbi ku giciro giciriritse

Banki Nyarwanda Itsura Amajyambere (BRD Plc) ifatayije n'Ikigo cy'u Rwanda Gishinzwe Imiturire

Nyanza: Abarundi bashimuse umuturage wahiraga ubwatsi bw’amatungo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki ya 21 Nyakanga 2022,

Perezida Kagame na Tshisekedi bohereje intumwa mu nama ya EAC

Abakuru b’Ibihugu bagize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuri uyu wa kane tariki

Umugabo wavuye mu Rwanda akajya kuba muri America yarasiwe iwe

Inkuru mbi yamenyekanye mu masaha y'ikigoroba muri America, ko umugabo witwa Byishimo

Umugabo wugamishijwe n’umukecuru agasiga amukoreye amahano yagejejwe mu Rukiko

Gicumbi: Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, rwagejeje imbere y’Urukiko umugabo w’imyaka

Kamonyi: Hafi Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge yose  bimuriwe ahandi uretse 3

Kuri uyu wa 20 Nyakanga 2022, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge  bagera ku icyenda

Perezida wa Somalia yerekeje i Arusha mu nama y’abakuru b’ibihugu bya EAC

Kuri uyu wa Kane I Arusha hategerejwe inama y’Abakuru b’Ibihugu by’Umuryango wa

Umusaza “yahamwe no gusambanya ku gahato” akatirwa imyaka 16 y’igifungo

Musanze: Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umusaza w’imyaka

Inyeshyamba za M23 zabwiye amahanga ko “zishobora kugabwaho igitero”

Mu itangazo ryasohowe n'umutwe wa M23 umaze iminsi uhanganye n'ingabo za Leta

Intumwa z’u Rwanda n’iza Congo zakoranye inama ya mbere yiga gukemura ibibazo

Kuri uyu wa Gatatu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda n’uwa DRCongo n’intumwa

Kamonyi: Dasso aravugwaho kurigisa amafaranga y’abaturage bari bazi ko bishyuye Mituweri 

Umu-DASSO wo mu Murenge wa Mugina, mu Kagari ka Mugina  mu Karere

Umusaza w’imyaka 77 birakekwa ko yishwe n’umwana we amunigishije ikiziriko

Rutsiro: Umusore  w'imyaka 20 arakekwaho kwica Se  umubyara amunigishije ikiziriko, harakekwa ko

Perezida Kagame yakeje umukobwa we n’umukwe bibarutse ubuheta

Ubu ibyishimo ni byose mu muryango w’Umukuru w’Igihugu, nyuma yaho umukobwa we

DRC: Umuyobozi wa Kiliziya arashinja Perezida Tshisekedi kumwiba ubutaka

Uhagarariye  Kiliziya Gotolika mu Mujyi wa Kinshasa, akaba n’umwarimu wigisha bibiliya muri

Karongi: Ushinzwe uburezi yaguye mu mpanuka y’imodoka

Hitumukiza Robert wari  umuyobozi ushinzwe uburezi mu Karerere ka Karongi, mu gitondo