Inkuru Nyamukuru

Nakoze icyaha cyo kwakira indonke, nta rindi jambo mfite …ndatakambye  – Bamporiki

Uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon Bamporiki Edouard yanditse

Huye: Amaterasi y’indinganire yakumiriye isuri yangizaga ibidukikije ku misozi ihanamye

Ubuyobozi bw'Akarere ka Huye buvuga ko bwafashe ingamba zo guca amaterasi y'indinganire

Amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda, António Guterres yagize icyo ayavugaho

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’’Abibumbye (UN), António Guterres yagaragaje ko adashyigikiye ko Ubwongereza

RUSIZI: Amazi ava mu isoko rya Nyakabuye ahangayikishije abaturage

Abaturiye isoko rya Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, bavuga ko iyo imvura

Muhanga: Umudugudu w’icyitegererezo wa HOREZO barara mu nzu zasakambuwe n’ibiza

Umudugudu w'icyitegererezo wa HOREZO watujwemo imiryango 120 yavanywe mu manegeka, imvura nyinshi

Uko briquette yahangana n’iyangirika ry’ikirere

U Rwanda ni kimwe mu bihugu bikomeje gukaza ingamba zihangana n’ingaruka ziterwa

Min Bamporiki yahagaritswe mu nshingano ze “hari ibyo akurikiranyweho”

UPDATE: Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko Hon Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa

Musanze: Abaturage biyemeje guca umwanda no guhana bihanikiriye abatabyumva

Abaturage bo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi bihaye intego yo

Kamonyi: Padiri uyobora Ishuri St Ignace yatawe muri yombi (UPDATED)

Kuri uyu wa Gatatu, umuyobozi w’ishuri rya Saint Ignace riherereye mu Murenge

Rusizi: Umuyobozi mu Kagari yakubiswe n’umuturage amuciraho imyenda

UPDATED: Mu karere ka Rusizi, umuturage arakekwaho gushaka gutemesha umuhoro umuyobozi agahita

Prince Kid, utegura Miss Rwanda yaregewe Ubushinjacyaha, menya ibyaha akekwaho

Kuri uyu wa Gatatu dosiye ya Ishimwe Dieudonné uyobora ikigo gitegura irushanwa

Umushinga wa Gabiro Agribusiness Hub witezweho gutanga impinduka

Akarere ka Nyagatare ni kamwe mu turere dukikijwe n’inzuri.Benshi mu bagatuye  batunzwe

Rubavu: Barakataje mu bukerarugendo barengera urusobe rw’ibinyabuzima

Hari abumva ko ubwiza bw’Akarere ka Rubavu bushingiye cyane ku kiyaga cya

UPDATE: APR FC yavuze ko nta mukinnyi wakomerekeye mu mpanuka

UPDATE: Ubutumwa bwa APR FC bugira buti "Abakinnyi ndetse n'abandi bari mu

Rusizi: Umusaza w’imyaka 77 bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye

Umusaza yasanzwe mu mugozi amanitse bikekwa ko yiyahuye, nyakwigendera  yabanaga n'umugore we