Umunsi wa Mwarimu ubaye bamwenyura ! Hari icyo basaba leta
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Ugushyingo 2022,abarimu basaga 7000 bateraniye…
Perezida Ruto yahaye amabwiriza akomeye abasirikare boherejwe kurwanya M23
Perezida wa Kenya, Wiliam Ruto, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2…
Imodoka itarimo umushoferi yagonze abanyamahanga babiri
Nyanza: Ahagana saa saba z'igicamunsi, imodoka yari iparitse, yaje kugenda nta muntu…
Muhanga: Ubuzima bw’umubyeyi ukiri muto wihebye agashaka kwica umwana we no kwiyahura
Mujawayezu avuga ko ubuzima bushaririye yanyuzemo bwatumye afata icyemezo cyo kwica umwana…
RIB yafunze Mukundiyukuri na Mugisha Jean Jacques
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha , rwataye muri yombi abakozi babiri ba Komite Olempike…
Umushahara uri munsi y’ibihumbi 60 Frw ntuzongera gusoreshwa mu Rwanda
Abakozi bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 60 Frw ku kwezi bakuriweho umusoro…
Minisitiri w’Intebe yasabye abayobozi b’ibigo gucunga neza umutungo
Minisitiri w’Intebe,Dr Edouard Ngirente,yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri gucunga neza umutungo, birinda ubujura…
MONUSCO yasobanuye uko abaturage batwitse imodoka zayo, babiri bagakomereka
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro muri Congo, MONUSCO zaraye zihuye n’uruba…
Nyanza: Umurambo w’umugore wasanzwe umanitse mu ishyamba, birakekwa ko yishwe
Ahagana saa kumi n'ebyiri za mu gitondo haruguru y'icyuzi cya Nyamagana, ku…
U Bubiligi burasaba u Rwanda kumvisha M23 guhagarika imirwano
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububligi, unashinzwe imirimo y’Ubumwe bw’Uburayi n’ubucuruzi mpuzamahanga, Hadja Lahhib,…
Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe ibisasu imwe yerekeza mu cyerekezo cy’indi
Bwa mbere nyuma y’igihe kirekire, Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe…
Kenya irohereza batayo y’ingabo zidasanzwe kujya guhashya M23
Perezida wa Kenya William Ruto yasinye itegeko ryemerera ingabo za Kenya kwinjira…
Abaturage batwitse imodoka za MONUSCO
Ibitangazamakuru bikorera mu Burasirazuba bwa Congo bivuga ko ku mugoroba wo kuri…
Perezida Ndayishimiye yahamagaye kuri telefoni Abakuru b’ibihugu bya EAC bose
Ibiro bya Perezida mu Burundi byatangaje ko Umukuru w’icyo gihugu yahamagaye kuri…
U Burundi bwiteguye kwakira abadepite ba EALA nk’amata y’abashyitsi
Minisitiri ushinzwe imirimo y’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, ,urubyiruko n’umuco na siporo mu…