Inkuru Nyamukuru

Mikhail Gorbachev wayoboye bwa nyuma Abasovite yapfuye

Mikhail Gorbachev wayoboye bwa nyuma ibihugu byari bigize Leta z’Abasoviyete (URSS) yapfuye

Ruhango: Ba Gitifu barambiwe gusiragizwa bajya kwisobanura ku mihigo

Bamwe muri ba Gitifu b'Utugari bavuga ko barambiwe no guhozwa mu nzira

Mukura VS iraririra umuhisi n’umugenzi

Ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir yo mu Akarere ka Huye,

Nyanza: Abatoza bahuguriwe gutoza kinyamwuga bafite ikibazo cy’ibibuga

Abatoza bahuguriwe gutoza umupira w'amaguru kinyamwuga bafite ikibazo cy'ibibuga bifatwa nabi aho

Abari bahishe urumogi mu mifuka ya sima ntibyabahiriye

Rusizi: Abantu batatu bafatanywe ibiro 22 by’urumogi barutwaye mu modoka ipakiye isima.

Handball: Imihigo ni yose kuri U18 ihagarariye u Rwanda

Mbere yo gutangira shampiyona Nyafurika y'umukino wa Handball mu batarengeje imyaka 18

Kamonyi: Yishe umugore we, na we ariyahura

*Yasize yanditse ibaruwa ndende irimo impamvu "yakoze biriya" Nsabimana Didace w'imyaka 48

Muhanga: Abagore basabwe gukumira ibibazo bibangamiye umuryango

Umuyobozi w'Akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline yasabye abagize Inama y'igihugu y'abagore gukumira

Yanga wanditse ibigwi mu gusobanura filime yashyinguwe -AMAFOTO

Nkusi Thomas wamamaye nka Yanga mu gusobanura amafilimi uherutse kwitaba Imana azize

Bumbogo: Huzuye ishuri rifite umwihariko ku bana bafite ubumuga

Mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, kuri uyu wa mbere

Muhanga: Umusore yagwiriwe n’ikirombe

Ntakirutimana Fiacre w'imyaka 18 wari utuye mu Mudugudu wa Ngororano mu Kagari

Gasabo: Umupangayi arakekwa kwicisha ‘tournevis’ nyiri nzu

Ndagijimana Felecien uri mu kigero cy'imyaka 30  arakekwa kwica Karangwa Moise uri

Imihigo irakomeje: Salma Mukansanga mu bazita Izina Abana b’Ingagi

Umusifuzi mpuzamahanga, Mukansanga Salma Rhadia, yashyizwe mu bihangange bizitabira umuhango wo Kwita

Burundi: Imbonerakure zasabwe kuba bandebereho muri Afurika

Urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ruzwi nk'Imbonerakure rwasabwe

Abanyarwanda barimo umugore ufite uruhinja bafungiwe i Goma

Abaturage batanu bo mu Karere ka Rubavu bamaze icyumweru bafashwe n’inzego z’umutekano