Inkuru Nyamukuru

Staff yahoze mu Amavubi yimukiye muri Police FC

Nyuma yo guhabwa akazi nk'umutoza mukuru, Mashami Vincent yifuje kuzakorana na bamwe

Muhanga: Hari abaturage bativuza kuko umusanzu wa Mituelle batanze Agent wa Irembo yawunyereje

Gitifu wa Rongi yagejejweho iki kibazo ariko abaturage bamushinja ko atagikemuye Agent

U Rwanda rwavuze ku birego byo gufasha Centrafrica guhindura Itegeko Nshinga

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yamaganye ibirego byo kuba

Umwe mu bana ba Perezida Kagame vuba aha arasoza amasomo ya gisirikare mu Bwongereza

Ian Kagame, umuhungu wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, agiye

Umunyarwandakazi Sandra Teta yakubitiwe muri Uganda

Sandra Teta uba muri Uganda nk’umugore w’umuhanzi Weasel Manizo wo muri Goodlyfe

Gakenke: Abaturage bari kwirizwa ku Kagari baryozwa ibendera ryibwe

Abaturage bo mu Murenge wa Muzo mu Kagari ka Kabatezi mu Karere

Muhanga: Umuturage yategetswe gusenya KIOSQUE aho yacururizaga hahabwa Gitifu

Kantengwa Laetitia utuye mu Mudugudu wa Gakombe, Akagari ka Ruli mu Murenge

Umuganga ushinjwa gusambanya no kwica umukobwa wari ufite imyaka 17 yakatiwe

Musanze: Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cy'imyaka 25 umuganga witwa Maniriho

Umugore wa Thomas Sankara yamaganye imbabazi za nyirarureshwa yasabwe na Compaoré

Mu gihe Burkina Faso ishyize imbere ubumwe n’ubwiyunge, ndetse Blaise Compaoré wayoboye

Gitifu na Rwiyemezamirimo bakatiwe gufungwa imyaka 5 no gutanga miliyoni 25Frw

Muhanga: Urukiko  Rwisumbuye rwa Muhanga rwakatiye igifungo cy'imyaka 5  uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa

Muhanga: SIABM yasheshwe imigabane isubizwa koperative bashakaga kurundura

Abanyamuryango ba Koperative Iterambere ry'abahinzi borozi b'Amakera (IABM) bemeje ko bagiye kuvana

Nyuma y’imyaka 8 Thomas yatandukanye na AS Kigali

Nyuma yo gutandukana n'abakinnyi barimo Ishimwe Christina, Abubakar Lawal, Ndekwe Félix, Rurangwa

Abanyarwanda basabwe kwirinda ibyateza inkongi zibasira amashyamba mu mpeshyi

Mu gihe u Rwanda rwinjiye mu gihe cy’impeshyi kirangwa ahanini n’izuba ryinshi

Kayonza: Umwe yatemeshejwe ishoka undi aterwa icyuma bapfa 5000Frw

Bizimana Theogene wo mu Kagari ka Cyarubare mu Mudugudu wa Rwabarena mu

RDC: Ubuzima bwagarutse nyuma y’imyigaragambyo yamagana MONUSCO

Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ubu ibintu byasubiye mu buryo by’umwihariko mu