Inkuru Nyamukuru

Uducurama twari tumaze imyaka 40 tutagaragara ku’Isi twasanzwe muri Pariki ya Nyungwe

Inyamaswa y’inyamabere yo mu bwoko bw’uducurama zari zimaze imyaka 40 zitagaragara ahantu

Muhanga: Abiga muri ACEJ Karama babwiwe ko ubumenyi budashingiye ku muco nta kamaro bufite

Abanyeshuri biga mu Ishuri ry'imyuga n'ubumenyingiro bo muri ACEJ/KARAMA bibukijwe ko ubumenyi

RIB yafunze Ndimbati ukekwaho gusambanya umwana

Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati muri sinema nyarwanda ari mu maboko

Nyagatare: MINALOC yibajije impamvu hakigaragara igwingira rya 30% kandi yihagije ku mukamo

Umunyambanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu,Hon Ingabire Assoumpta, yibajije impamvu  mu

Abadepite basabye ko buri wese wahombeje Leta mu mushinga wa Biogaz atahurwa akabiryozwa

*Mu gihugu hubatswe biogaz 9,647 izigera ku 5,014 zingana na 52% ntizikora

Karongi: Ishuri ryagwiriye abanyeshuri umunani bajya mu bitaro

Imvura nyinshi ivanze n'umuyaga yaguye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09

Minisitiri Dr Mujawamariya yagaragaje ko hari isano hagati y’uburinganire n’ihindagurika ry’ibihe

Minisitiri w'Ibidukikije, Dr Jeanne d'Arc Mujawamariya yagaragaje ko hari isano ikomeye hagati

Gicumbi: Imvura ivanze n’umuyaga yasenye inzu 32 n’ibyumba by’amashuri 10

Umuyaga udasanzwe urimo n'imvura wangije ibikorwa remezo, higanjemo amashuri, inzu z'abaturage n'ubwiherero

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’abaturage kwizihiza isabukuru Cabo Delgado imaze ibayeho

Ingabo z'URwanda ziri mu bikorwa byo kugarura amahoro muri Mozambique, kuri uyu

Perezida Embaló yashoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yaherekeje Perezida wa Guinea Bissau,

Hatangijwe gahunda yiswe ‘Ubuhuza mu nkiko’ igamije kugabanya ubutinde bw’imanza

Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda rwatangije gahunda yiswe Ubuhuza mu nkiko iri mu

Musanze: Maniriho uregwa gusambanya no kwica Emerence wari ufite imyaka 17 yasabiwe BURUNDU

*Uregwa ibyaha arabihakana byose, akavuga yabyemeye mu Bugenzacyaha "yabanje gukorerwa ibikorwa bibabaza

Kiyovu Sports yakuyeho ibiciro ku bagore bose bazitabira umukino uzayihuza na Etincelles Fc

Mu rwego rwo gukomeza kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’abagore uba ku ya 8

Tumenye byinshi kuri ‘Panafricanism’: Yatangiye ite?, Yahuye n’izihe mbogamizi, Igeze he?

Inyandiko ya Dr MUNYANSANGA Olivier Umwalimu muri PIASS Panafricanism ni ingengabitekerezo ishakisha

Muhanga: Ambasaderi wa Israël yasuye ishuri rya Muzika aryizeza ubufatanye

Ambasaderi w'Igihugu cya Israël Dr Ron Adam yasuye ishuri ryigisha Muzika aryizeza