Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Umugabo  n’umugore bombi bishwe na Cancer

Ngarukiye Alfred na Nyirabatunzi Chantal umugore we, bishwe n'indwara ya Cancer kandi

Gasabo: Umugabo yategeye umugore we mu nzira aramwica, ubu ntarafatwa

Umugabo wo mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, yategeye umugore

Covid-19 yishe abantu 17 abanduye bashya ni 830

Ministeri y'Ubuzima ivuga ko tariki 10 Nyakanga, 2021 Covid-19 yishe abantu 17

Urubyiruko rw’Abanyamulenge “Twirwaneho” rwahanganye n’ingabo za Leta

Minembwe: Kuri uyu wa Gatandatu umutwe w’urubyiruko rw’Abanyamulenge Twirwaneho wahanganye bikomeye n’ingabo

Covid-19: Umugore wo muri COOPAV yinjizaga Frw 300, 000 ku kwezi, ubu nta na Frw 10, 000 abona

Abanyamuryango ba Koperative COOPAV y'abagore bakora ubukorikori bwo kubaho imitako, mu Karere

Irondo ryafashe umugabo ukekwaho kwica umwana we “ngo atamuvamo kuko yari yibye ihene” 

Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Karere ka Ngoma yatawe muri yombi

Muhanga: Karubera ufite uruganda rutunganya Divayi arataka igihombo yatewe na COVID-19

Karubera Belina wo mu Mudugudu wa Nyagasozi, Akagari ka Gasave, mu Murenge

Kigali: Abacuruzi b’imyenda y’abageni bararira ayo kwarika kubera igihombo batewe na Covid-19

Mu gihe bamwe mu bacuruzi hirya no hino bagaragaza ko kubera gukora

Rubavu: Hari abakoraga ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka bataka ubukene kubera Covid-19

Abakoraga ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko

DIGP Namuhoranye yasabye Abapolisi bagiye muri Mozambique kumenya ko bambaye ibendera ry’u Rwanda

Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 09 Nyakanga Umuyobozi wa

Rubavu: Abacuruzi b’ibiribwa barasaba Leta kubagoboka kubera ibihombo batewe na Covid-19

Abacuruzi b'ibiribwa bakorera mu masoko atandukanye mu Karere ka Rubavu barataka igihombo

Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 ntakitabiriye CECAFA izabera muri Ethiopia

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gufata umwanzuro ko amakipe yagombaga

Rusizi: Abagore bakoze igisa nk’imyigaragambyo bafata umucamanza mu mashati

*Bavuga ko hari ibikomerezwa bikingiye ikibaba ababibye amafaranga yabo Abagore basaga mirongo

Gicumbi: Ivuriro ryakoreraga mu biro by’Akagari ryabonye ahandi rizajya rikorera

*Bavuga ko bakeneye amashanyarazi Abaturage bo mu Kagari ka Nkoto mu Murenge

Ruhango: Abasore n’inkumi batangiye urugendo rwo kujya mu ijuru n’amaguru

*Umwe yavuze ko yapfuye muri we hazukiramo undi muntu ku buryo uwo