Inkuru Nyamukuru

Cabo Delgado: Ibyihebe byari byarigize ndanze, ubu aho byumvise RDF amaguru biyabangira ingata

Intara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique ikaba imwe mu

Perezida Kagame yakiriye abanyabigwi ba Arsenal Pires na Parlour

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, muri Village Urugwiro yakiriye Robert Pires  na

Nyagatare: Umuturage yagaragaje akarengane yagiriwe na Gitifu ngo “Yibye Isake”

*Yabwiwe ko ushaka urupfu asoma impyisi, nta muntu uburana n'umuyobozi. *Gitifu avuga

Nyanza: Umusore bikekwa ko yiyahuye kubera kudahabwa umunani

Mu Mudugudu wa Karusimbi mu kagari ka Gishike mu Murenge wa Rwabicuma,

Muhanga: Ibirombe by’amabuye y’agaciro byangizaga ibidukikije byatewemo ibiti

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko kampani 21 zishinzwe ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro

Maj Gen Kandiho wikomwa n’u Rwanda yagizwe umuyobozi ukomeye wa Polisi ya Uganda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa Kabiri tariki ya

U Burundi bwakuriweho ibihano byari byafashwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wakuyeho ibihano wari wafatiye Leta y’u Burundi kuva mu

Abanyarwanda 8 birukanwe na Niger Umucamanza yategetse ko basubira muri Tanzania

Umucamanza w'urwego rwasigaye rurangiza imanza z'urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha yategetse ko

Umusizi Innocent Bahati umaze umwaka aburiwe irengero yongeye kugarukwaho mu Itangazamakuru

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera avuga ko Polisi

Muhanga/Rongi: Ikiraro cya Nyabarongo cyacitse gikomeretsa abantu 2

Ikiraro gishyashya cya Nyabarongo cyubakwaga cyacitse gikomeretsa abantu 2 bari mu mirimo

Perezida Kagame yatanze icyizere ku izahuka ry’umubano w’u Rwanda n’u Burundi

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Gashyantare 2022, mu muhango wo

Gicumbi: Arasabira ubutabera umwana we w’imyaka itanu wasambanyijwe

Yandereye Claudine w’imyaka 34 utuye mu Mudugudu wa Kamurenzi, Akagari ka Cyeru,

Rwanda: Impanuka zo mu muhanda zaguyemo abanyamaguru 225 mu mwaka ushize wa 2021

Polisi y’Igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko mu mwaka

Nyanza: Rurageretse hagati y’uvuga ko yaguze inzu na nyiri iyo nzu uvuga ko atayigurishije

*Nyiri inzu yatsinze urubanza mu Rukiko rw'Ibanze. Uvuga ko yaguze inzu na

Nyarugenge: Uwanyirigira wari umaze igihe anyagirirwa hanze yakodesherejwe inzu

Hashize iminsi mu itangazamakuru humvikana inkuru ya Uwanyirigira Agnes wo mu Murenge