Inkuru Nyamukuru

Kicukiro yahawe igikombe cyo kurwanya Covid-19, Bumbogo ihembwa imodoka

Akarere ka Kicukiro kaje ku isonga mu turere tw’Umujyi wa Kigali mu

Muhanga: Polisi yashyikirije inzu yubakiye umusaza n’umukecuru babaga mu manegeka

Polisi y'uRwanda, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo n'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga, bashyikirije inzu umusaza

Kamonyi: Bakomeje gushakisha umugabo wagwiriwe n’ikirombe

Majyambere Festus w’imyaka 41 wo mu Murenge wa Rukoma, Akagari  ka Murehe

Barasaba gusubizwa ubutaka bw’ahahoze inkambi ya Gihembe, Ubuyobozi buti “Bahawe ingurane”

Abaturage bafite ubutaka bwabo ahari hubatse inkambi yari itujwemo impunzi z’abari bahunze

Abanyarwanda 8 bakuwe Arusha birukanwe ku butaka bwa Nijeri

Leta y'igihugu cya Nijeri yafashe umwanzuro wo kwirukana ku butaka bwayo Abanyarwanda

Burundi: Perezida Ndayishimiye yasimbuje Col Musaba wari ukuriye ubutasi

Amakuru aturuka mu gihugu cy'Uburundi aremeza ko Perezida w'u Burundi akaba n'Umugaba

Kamonyi/Runda: Abashinzwe iterambere ry’Umudugudu barashinjwa gusaba no kwakira indonke

Dusengumukiza Aloyis na Ntakirutimana Arcade bagize Komite ishinzwe Iterambere ry'Umudugudu wa Nyagacyamu,

Perezida Kagame yatanze umuburo ku bahungabanya umutekano w’Igihugu

Perezida Paul Kagame yaburiye abashaka guhungabanya umutekano n’umudendezo by’Igihugu ko batazihanganirwa ahubwo

U Rwanda rugeze kuri 80% rukingira Covid-19 – Perezida Kagame atanga ishusho y’Igihugu

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko igihugu kimaze gukingira icyorezo cya

Abavuga ko “nta myaka 100” ni abanebwe batizera Imana- Nyirakabano wujuje iyi myaka

Umukecuru Nyirakabano Oliva wavutse ku itariki ya 26 ukuboza 1922  ubwo yuzuzaga

Perezida Kagame yashimiye umusanzu w’ubuhinzi wa 25% mu bukungu bw’igihugu

Perezida Paul Kagame ageza ijambo ku banyarwanda ku ishusho y’uko igihugu gihagaze

Kigali: Abantu bane bishimiraga Noheri bishwe n’inzoga banyoye

Abantu bane  barimo umugore umwe n’abagabo batatu bari batuye mu Kagari ka

Nyanza: Umugabo w’imyaka 23  yapfuye bikekwa ko yiyahuye

Mu mudugudu wa Rwesero, mu kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana

APR FC ifashe umwanya wa 2 by’agateganyo nyuma yo gutsinda Gasogi United

Kuri iki Cyumweru nibwo habaga umukino w’ikirarane aho ikipe y’Ingabo z’Igihu “APR

Muhanga: Abagizi ba nabi basenye ikiraro gihuza Akarere ka Muhanga n’aka Gakenke

Abagizi ba nabi bataramenyekana basenye ikiraro gihuza Umurenge wa Rongi w’Akarere ka