Rusizi: Uko ubwambuzi bushukana bwahageze kera, ikoranabuhanga ryaza bukavukamo ‘Abameni’
*Ngo hari ibyo igihe cyageze abashukanyi batangira kugurisha injangwe bazise Ingwe! *Mu…
Kwizera afite ubuhamya bwihariye ku ngaruka yatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi Se akayigiramo uruhare
Kwizera Adidas yavukiye muri Congo (Zaire) mu 1996, iwabo batahutse mu 1998…
Gicumbi: Hagiye guterwa ingemwe 600, 000 z’icyayi kigabanya imyuka ihumanya ikirere
Mu Karere ka Gicumbi umushingwa wa Green Gicumbi watangije ubuhinzi bw’Icyayi kigabanya…
Philippe Mpayimana yiyamye Ingabire Victoire na we ahita amusubiza ko ‘nta cyo ari cyo’
Umunyapolitiki wigenga Philippe Mpayimana kuri uyu wa Kane yahaye ikiganiro Abanyamakuru i…
Ngoma: Abajyanama mu buhinzi 70 bahawe amagare azabafasha kwegera abahinzi
Abajyanama mu buhinzi mu Karere ka Ngoma bahawe amagare 70 azabafasha kwegera…
Mu gushyingura Me Bukuru Ntwali nta Munyamakuru wemerewe gufata amajwi n’amashusho
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 10 Kamena 2021…
Barasaba ko Nyungwe ishyirwa mu murage w’isi. Bizafasha iki u Rwanda?
Abahanga mu bijyanye n’umuco ndetse n’amateka bavuga ko gushyira pariki y’igihugu ya…
Kirehe: Hari uvuga ko “Mudugudu yamusabye ku gitandukanya umugore n’umugabo” akimwimye aramwirukana
*Mudugudu avuga ko umugore ubivuga amuharabika, *Ikibazo inzego z’umurenge zarakimenye ndetse zigira…
Gicumbi: Uko urubyiruko rwikura mu bukene, bakora imbabura zirondereza ibicanwa
Rumwe mu rubyiruko rw’Akarere ka Gicumbi ruvuga ko nyuma yo gufashwa kwiga…
Nyamasheke: Ababyeyi basobanuriwe icyo amategeko y’u Rwanda ateganya ku gukuramo inda
Mu Karere ka Nyamasheke ababyeyi bafite abana bari munsi y'imyaka 18 babyariye…
Inyandiko ni ikigega n’umurage, ibyo wamenya ku Ishyinguranyandiko y’Igihugu
Inteko y’Umuco yavuze ko ibigo bifite uruhare rukomeye mu kubungabunga inyandiko zibitse…
Yatsindiye ubutaka bwe none arasabwa gusubira mu rukiko, ngo agiye gusubira kwa Perezida
Musanze: Nyirangoragore Helene umaze igihe kirekire aburana ubutaka, kugeza n’aho agiye kwa…
Nyagatare/Rwimiyaga: Barasaba ko Ikigega cyo kuzahura ubukungu cyagera ku bagore bo mu cyaro
Ubushakashatsi butandukanye bukorwa mu Gihugu bugaragaza ko abacuruzi b’abagore bagira uruhare rukomeye…
Ruhango: Urubyiruko rwasabwe gushungura ibyandikwa ku mbuga nkoranyambanga
Mu bikorwa by'ukwezi kwahariwe ubumwe n'ubwiyunge, Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwasabye abakirikirana…
Muhanga: Abacuruza injyamani barashinjwa kugurisha imisaraba bakuye ku mva
Abaturiye amarimbi 2 yo mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko hari abantu…