Inkuru Nyamukuru

Abakuru b’Ibihugu bemeje ubusabe bwa DR.Congo bwo kwinjira mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba

Kuri uyu wa Gatatu Inama y'Abakuru b'ibihugu bigize Umuryango wa Africa y'Iburasirazuba

Kigali: Abafite utubari na resitora biyemeje kutajenjekera ababagana batarikingije Covid-19

Abafite utubari na resitora hirya no hino mu Mujyi wa Kigali biyemeje

Gicumbi: Barasaba ko bahabwa irimbi “ngo irihari ryaruzuye”

Abaturage bo mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi,barasaba ko bahabwa

Kamonyi: Abahinzi bagiye gufashwa kugira uruhare mu itegurwa ry’imishinga ibagenewe

Nyuma y’uko abahinzi bagaragaje kwinubira no kutanyurwa na serivise bahabwa mu rwego

Musanze: Abasaga 200 bakoreye igisa n’imyigaragambyo ku biro by’Intara

Abakozi b’Ikigo Mass Building Ltd basaga 200 bari kubaka ikigo cy’ubushakashatsi buziga

Ambasaderi Karega yahakanye ibivugwa ko polisi y’u Rwanda iri ku butaka bwa DRC

Mu kiganiro n'itangazamakuru i Kinshasa, Ambasaderi w'u Rwanda muri Repubulika ya Demokarasi

Polisi yarashe umusore bivugwa ko ari “Umwuzukuru wa Shitani Mukuru”

Rubavu: Umusore w'imyaka 21 bivugwa ko yari yariyise DPC w'itsinda ry'insoresore zikora

Musanze: Ubuharike no gushaka imitungo, bimwe mu biteza umutekano mucye muri Cyuve

Akarere ka Musanze ni kamwe mu turere tugize Intara y’Amajyaruguru, kakaba gafite

Ruswa mu bizami bya permis: Ba ‘Offisiye’ barekuwe n’Urukiko Polisi yo yakomeje kubafunga

Inkuru y'Abapolisi 7 hari ba "Offisiye" beretswe Itangazamakuru Polisi y'Igihugu ibashinja kurya

Ari undi ntiyaribuze uwo bayoboranye urugamba yapfuye –Gen. Kabarebe avuga ubutwari bwa Perezida Kagame

Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’Umutekano Gen James Kabarebe yavuze ko

RDC: Abantu Bane barimo Liyetona baguye mu myigaragambyo yamagana Polisi y’u Rwanda i Goma

Imyigaragambyo ikaze kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021 mu

Abagenzi 36 bafashwe n’amasaha baraye muri gare ya Nyabugogo

Umunsi wa mbere wishyirwa mu bikorwa by’ingamba nshya watumye abagenzi 36 bategeraga

Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we w’ubufaransa bagirana ibiganiro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriwe na mugenzi we w’u

Abamamyi bagaragajwe nk’imbogamizi ikomeye itsikamira uburenganzira bw’umuguzi

Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi mu kwizihiza ihiganwa

Mu Rwanda abagore baracyahohoterwa, 23% bakorewe irishingiye ku gitsina

Mu bushakashatsi bwIkigo cyIgihugu cyIbarurishamibare mu Rwanda bwo mu mwaka wa 2019-2020,