Inkuru Nyamukuru

Gupima Covid-19 hakoreshejwe PCR Test igiciro cyashyizwe kuri Frw 30,000Frw

Guhera ku wa Mbere tariki 20 Ugushyingo 2021, mu Rwanda haratangira gukurikizwa

Kamonyi: Abo Covid-19 yabujije kwishyura inguzanyo za VUP  bahawe Frw 400, 000 buri wese

Abaturage 53 babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’Ubudehe bo mu

Prime Insurance yatangije ubwishingizi bw’ubuvuzi buzafasha Abanyarwanda no kwivuriza mu mahanga

Ikigo gisanzwe gitanga serivise z’ubwishingizi mu ngeri zinyuranye mu Rwanda cya Prime

Bugarama: Leta yakemuye burundu impaka z’ubutaka bwitwaga ubwa MINAGRI buhabwa abaturage

*Ubutaka bwabo ngo babwirwaga ko ari ubwa MINAGRI *Ubwo Leta yandikaga ubutaka

Minisitiri w’Umutekano yakomoje ku manota meza Polisi y’u Rwanda ifite mu ruhando mpuzamahanga

Minisitiri w'Umutekano mu gihugu Alfred Gasana kuri uyu Gatanu tariki ya 17

Kujya mu kabari cyangwa resitora i Kigali no mu mijyi 6 ugomba kuba ukingiye Covid-19

Nyuma y’uko imibare y’abandura Covi-19 ikomeje kwiyongera Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba

Kamonyi: Abana barenga 2000 bamaze ukwezi barataye ishuri

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko bugiye gusubiza mu ishuri  abana  barenga

Musanze: Abahawe inguzanyo yo kuzahura ubucuruzi bwahombejwe na Covid-19 barashima ERF

Mu Karere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru , inguzanyo y'amafanga arenga Miliyoni

REG yakoze ikoranabuhanga rifasha kugabanya ibura ry’umuriro

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) yakoze ikoranabuhanga rizwi ku izina rya

Abakuru b’ibihugu bya Africa bari mu nama yiga ubufatanye na Turukiya, Perezida Kagame na we ariyo

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yageze Istanbul muri Turukiya, aho

Abasirikare 460 bari ku ipeti rya Major bazamuwe mu ntera bagirwa Lieutenant Colonel

Itangazo ryasohowe n'ingabo z'u Rwanda rivuga ko Perezida Paul Kagame yazamuye mu

Kugira imyumvire yo kutishishanya bizazana amahoro arambye mu biyaga bigali

Abatuye mu bihugu by'Ibiyaga Bigari bavuga ko mu gihe habaho imibanire myiza

Abatuye ikirwa cya Nkombo barasaba gusanurirwa isoko rimaze imyaka 3 amabati yaragurutse

Abaturage batuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi bamaze imyaka isaga

Kamonyi: Abantu 151 bafashwe ngo “Baje gusaba Imana ubukire “barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Ukuboza 2021,ku bufatanye Polisi y’Igihugu

Abagore bavuze uko bashutswe baramburwa, umwe asambanywa ku gahato

Umugore uvuga ko atuye Norvege muri Kigali, akaba navuze ko ahinga urusenda