Inkuru Nyamukuru

Nyamagabe: Manager wa SACCO ya Buruhukiro yarashwe n’umusekirite amusanze iwe

Umucungamutungo ku Murenge wa SACCO Buruhukiro mu ijoro ryakeye (ku wa Gatatu

Kigali: Barakekwaho ibyaha bikomeye birimo no gushimuta abantu “bagasaba amafaranga”

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rweretse Itangazamakuru abasore 4 bakekwaho ibyaha bikomeye bakora

Uburezi: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ikeneye miliyari 15Frw

Mu mwaka w’amashuri wa 2021-2022 Guverinoma yafashe icyemezo cyo kugeza gahunda yo

Gisagara: Impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo Abaforomokazi babiri

Abaforomokazi babiri bari kumwe n'abandi mu modoka bavuye mu gikorwa cyo gusiramura

Rubavu: Umusore wari wagiye koga mu Kivu yarohamye arapfa

Umusore w’imyaka 28 wari wagiye koga mu Kivu yarohamye ubwo yari kumwe

Abagana insengero bagiye kujya babanza kwerekana ko bikingije COVID-19

Abagana insengero kimwe  n’abandi bantu bahurira ahantu ari benshi bagiye kujya babanza

CP Kabera yasabye abantu kureka kwirara no gucika ku mvugo zitiza umurindi Covid-19

Nyuma y’uko ingamba zo kwirinda Covid-19 zivuguruwe bimwe mu bikorwa birimo ibitaramo

Urukiko rwongereye igihe Twagirayezu Wenceslas ngo agere ku batangabuhamya bashinjura

Mu iburanisha riheruka ku wa 1 Ukuboza 2021 Twagirayezu Wenceslas woherejwe n'igihugu

Dr Munyakazi wabaye Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yakatiwe igihano gisubitse

Kuri uyu wa Gatatu Urukiko Urukiko Rukuru rwahamije Dr Munyakazi Isaac icyaha

Abari abayobozi muri FDLR bari basabiwe gufungwa burundu bakatiwe imyaka 10

*Bahanaguweho ibyaha bitandatu muri birindwi baregwa Urugereko rw'Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamhanga

I Rusizi haravugwa Abasekirite badafite ibibaranga bahohotera Abamotari

Abamotari bo mu Karere ka Rusizi bavuga ko babangamiwe n'Abasekirite babafatira amakosa

Ibitaramo byahagaritswe n’utubyiniro turafungwa kubera icyorezo cya Omicron

Inama y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri iyobowe na Perezida Paul Kagame

Igiciro cya gaz cyagabanutse ikilo ntikigomba kurenza Frw 1,260

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA rwashyizeho igiciro ntarengwa

Covid-19 yandura cyane yo mu bwoko bwa Omicron yageze mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko abantu batandatu basanganywe ubwandu bwa Covid

Ubusambanyi  no gushyuhaguzwa mu kubaka ingo byibasiye urubyiruko -Ubushakashatsi

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR cyerekana ko urubyiruko ruri munsi y’imyaka 18 rwishora