Nyanza-Nyagisozi: Abahinzi b’urutoki barataka igihombo baterwa n’indwara yitwa Kabore
Bamwe mu bahinzi bo mu bice bitandukanye byo mu Murenge wa Nyagisozi…
Huye: Bamaze imyaka basaba guhabwa amazi meza n’amashanyarazi
Abatuye Utugari twa Gisakura na Nyangazi mu murenge wa Simbi mu karere…
Burundi: Gereza ya Gitega yahiye, birakekwa ko benshi bahasize ubuzima
Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Gereza ya Gitega mu Burundi yibasiwe…
Abasaga 10.000 bamaze guhabwa urukingo rwa Gatatu
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu bangana 10.985 bamaze guhabwa urukingo rushimangira hagamijwe…
U Rwanda rwahawe inkunga y’inkingo za Covid-19 zigera ku bihumbi 165
Doze zisaga ibihumbi 165,600 z’inkingo za Covid-19 zahawe u Rwanda nk’inkuga itanzwe…
Abanyarwanda 35 birukanywe na Uganda bageze mu Rwanda
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere abanyarwanda 35 bari bafungiye muri…
Kicukiro: Abo muri ADEPR Gashyekero bibukijwe ko ubukristu bubanzirizwa na “Ndi umunyarwanda”
Abayobozi mu Itorero rya ADEPR Gashyekero mu Murenge wa Gikondo mu Karere…
Umudepite yasabye ko ibisheke bihinze mu gishanga cya Nyabarongo bisimbuzwa imboga
Abadepite batanze inama ko ibisheke bihinze mu kibaya cy’uruzi rwa Nyabarongo bihava…
Urubanza rw’ubujurire rw’Umunyamakuru Jado Castar rwasubitswe
Kuri uyu wa Mbere mu Rukiko Rukuru hari hateganyijwe urubanza rw'ubujurire rw'Umunyamakuru…
Perezida Kagame yasabye ibihugu bya Afurika gufatana urunana bakicyemurira ubuke bw’inkingo
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yasabye ibihugu by’ Afurika kunga ubumwe mu…
Karongi: Arakekwaho kwica umukobwa wamuhaye amafaranga ngo bashakane
Umusore wo mu Murenge wa Rugabano mu Karere ka Karongi n'abandi basore…
Pariki ya Nyungwe ishobora kwiyongera ku rutonde rw’imirage y’isi, muri Mutarama 2021
Abayobozi bo mu nzego zitandukanye bongeye guhurira mu nama nyuguranabitecyerezo harebwa aho…
Musanze: Abaturage barinubira abashumba barandura imyaka yabo bakayiha amatungo
Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Musanze,Kinigi na Nyange yo mu…
Ngororero: Umuforomokazi yasanzwe aho acumbitse yapfuye
Nyirahabimana Violette w’imyaka 40 y’amavuko wari umuforomokazi ku Kigo Nderabuzima cya Rususa…
APR FC yagarukiye ku muryango mu matsinda ya CAF Confederation Cup isezerewe na RS Berkane
Igitego kimwe rukumbi cya Byiringiro Lague ntikibashije kugeza APR FC mu matsinda…