Inkuru Nyamukuru

Urubanza rw’abari abayobozi ba Gereza ya Mageragere baregwa Ubujura rwashyizwe mu muhezo

Urubanza rwa CSP Kayumba Innocent noneho rwashyizwe mu muhezo, impamvu ngo ni

Abatorewe kuyobora Uturere tw’Intara y’Amajyepfo: Guverineri yabasabye kutishisha Itangazamakuru

Kuri uyu wa Gatanu nibwo habaye amatora ya Komite Nyobozi na Njyanama

Perezida Kagame yakemuye impaka z’ibyapa n’umuvuduko ziri hagati ya Polisi n’abakoresha umuhanda

Ubwo yayoboraga ibirori byo gushimira abasoreshwa beza Perezida Paul Kagame yakomeje ku

Umuturage yibwe ihene 7 baza kuzisanga mu rugo rw’uwazibye amaze kubagamo 6

*Uwibwe arasaba ubuyobozi kumushumbusha kuko ngo ihene ze zari zimutungiye umuryango Rubavu:

FERWAFA yasubije APR FC ko umukino wayo na Rayon Sports utazasubikwa

Ikipe ya APR FC yakiriye ibaruwa iyisaba kwitegura imikino ifite harimo n'uwa

Impaka za KNC na CP Kabera kuri camera n’ibyapa zabaye ‘hit’ ku mbuga nkoranyambaga

Hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu Mujyi wa Kigali abatwara

Gatsibo: Abagabo babiri barakekwaho kwiba imiti y’amatungo ifite agaciro ka miliyoni 1.5frw

Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Gatsibo yafashe abagabo babiri bakekwaho kwiba

Jeannette Kagame yagaragaje intambwe u Rwanda rwateye mu kurandura kanseri y’inkondo y’umura

Madamu wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Jeannete Kagame  yagaragaje ko u

Uganda yongeye kwirukana abandi banyarwanda 43 bari bafungiyeyo

Nyuma y’igihe abanyarwanda 43 barimo abana bafungiye muri gereza zitandukanye mu gihugu

Abagore 3 bakurikiranyweho guseka no kuvuga amagambo yakojeje isoni abanyamahanga

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo Polisi

Muhanga:Urubyiruko rwashyikirijwe miliyoni 50 y’u Rwanda mu kurengera ibidukikije

Urubyiruko rwibumbiye mu makoperative 15 ashinzwe kubungabunga icyogogo cy'umugezi wa Nyabarongo, rwahawe

Ubushinjacyaha bwasabiye Hakuzimana Rashid gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, uko iburanisha ryagenze

*Ubushinjacyaha buvuga ko aribwo buryo bwiza bwahagarika ibiganiro atambutsa kuri Youtube bikurura

Ubushinjacyaha bwajuriye bwa kabiri busaba ko Cyuma Hassan akurwaho icyaha kimwe

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwajuririye bwa kabri icyemezo cy’Urukiko Rukuru cyo guhamya iyonsenga

Perezida Museveni nyuma y’igitero cy’iterabwoba ati “mube maso no mu nsengero musake”

Perezida Museveni yikomye abayobozi b’idini ya Islam bashuka abakiri bato kwiturikirizaho ibisasu,

Nyanza: Gitifu waregwaga “Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato” yarekuwe

Ntezirembo Jean Claude wari Umunyamabanga Nshingwakorwa w'Umurenge wa Muhanga, mu Karere ka