Inkuru Nyamukuru

Inyeshyamba za ADF zatangiye kugabwaho ibitero by’indege n’ingabo za Uganda ziri muri Congo

Igisirikare ca Uganda cyatangije urugamba ku mutwe w'inyeshyamba za ADF ufatwa nk'uwiterabwoba,

Huye: Urwego rw’amahoteri rurigobotora ingaruka za Covid-19 ku bukungu binyuze mu Kigega Nzahurabukungu

*Abacuruzi bato n'abaciriritse bamaze guhabwa miliyoni 108Frw yo kubazahura Abafite amahoteli n’ibikorwa

Inama ku ishoramari rya Afurika yasubitswe kubera ubwoko bushya bwa Covid-19

Inama mpuzamahanga yigaga ku ishoramari rya Afurika(Africa Investment forum) yari iteganyijwe gutangira

U Rwanda na RDC mu biganiro bigamije kubaka umupaka uhuriweho i Rusizi

Intumwa za Repubulika ya Demkarasi ya Congo n’u Rwanda ziri mu biganiro

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or yo mu mwaka w’imikino 2021

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ya karindwi mu mateka ye, ahigitse abo

Muhanga: Umuyobozi w’ishuri aravugwaho gutegeka abanyeshuri gukubita umubyeyi

Bamwe mu babyeyi bo mu Kagari ka Mubuga, mu Murenge wa Shyogwe,

Covid19: Abakuze n’abafite indwara zidakira bagiye guhabwa doze ya gatatu

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bose bafite hejuru y’imyaka 50 n’abafite hejuru

Museveni yashyikirije Leta ya Tanzania ishuri yubatse mu gace Magufuli avukamo

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo, 2021 Perezida wa Uganda, Yoweri

Perezida Kagame yahaye gasopo abayobozi bitwaza inama ntibakemure ibibazo by’abaturage

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yasabye abayobozi  batorewe kujya muri Njyanama z’Uturere

Abayobozi basabwe kwegura cyangwa gukemura ikibazo cy’igwingira ry’abana

Perezida Paul Kagame yasabye Abayobozi b’inzego z’ibanze gukemura vuba na bwangu ikibazo

Angeline Ndayishimiye yashimye umusanzu wa “Imbuto Foundation” mu kubaka u Rwanda

Umugore wa Perezida wa Repubulika y’ uBurundi,Ndayishimiye Angeline,yashimiye uruhare rw’Umuryango Imbuto Foundation

Min Gatabazi yasabye FERWAFA kwita ku misifurire, bitaba ibyo “Football ntaho igana”

Nyuma y’umukino wahuje Kiyovu Sports na Musanze FC, iyi kipe yo mu

Abakobwa 2 n’umuhungu bigaga kuri CEPEM barohamye mu kiyaga cya Burera

Amakuru y'inzego z'umutekano yemeza ko abanyeshuri batanu barimo boga mu kiyaga cya

U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege zigana muri Africa y’Amajyepfo

Ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije yitwa Omicron bwatumye Inama y’Abaminisitiri ifata icyemezo

Gen Kabarebe yibukije abayobozi b’Uturere ko abaturage bazi icyo bashaka batabeshywa

Gen James Kabarebe akaba Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano aganiriza