Inkuru Nyamukuru

Ruhango: Akarere kisubije  ishuri ryigenga kemera no kwishyura miliyoni 40Frw y’umwenda

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bugiye  gusubirana Ishuri Ryisumbuye rya Tekiniki, (Ecole Technique

U Rwanda rwatangaje ku mugaragaro ko ruzakira inama yiga ku byanya bikomye by’Afurika

Leta y’u Rwanda ifatanyije n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Kubungabunga ibidukikije ku isi

Perezida Kagame yifatanyije n’umuryango wa Nyakwigendera Idris Déby Itno

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yifatanyije n’igihugu cya Tchad cyabuze

Kwibuka 27: Nyamagabe hashyinguwe imibiri 61 y’abatutsi yakuwe ahantu hanyuranye

Mu gihe mu Rwanda hakomeje kwibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya

Muhanga/Nyarusange: Abari mu bimina bya mutuweli bagiye kugurizanya amafaranga atagira inyungu

Abaturage bo mu Murenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga bahize ko

Rubavu: Mu bihe bitandukanye Abaturage 2 barashwe barapfa

Atantu babiri bari bavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo barashweho n’Ingabo

Perezida wa Tchad Maréchal Idriss Déby yishwe n’inyeshyamba

Umuvugizi w’Ingabo za Tchad yatangaje kuri televiziyo ko Perezida w’icyo gihugu Idriss

Perezida Kagame ari muri Angola mu nama yiga ku mutekano wa Centrafrica

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame yageze i Luanda muri

Hamaze kumenyekana imiryango 15,000 yazimye mu gihe cya Jenoside

Imiryango isaga ibihumbi 15 niyo bimaze kumenyakana ko yazimye mu gihe cya

Kwibuka27: Amayeri ya Burugumesitiri Kagabo Charles mu gutsemba Abatutsi muri Komine Ntongwe

Ruhango:  Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu yahoze ari Komine Ntongwe, (ubu

Gisagara/Gikore: Hitabazwa imbaraga z’abaturage kugira ngo Ambulance  igeze umurwayi kwa muganga

Amateme n'umuhanda bigana ku Kigo Nderabuzima cya Gikore byarangiritse, hitabajwe ingufu z'abaturage

Prof. Karuranga Egide wayoboye INATEK yagizwe umwere ku byaha amaze amazi 9 afungiye

Ngoma: Prof. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari Umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo

Musenyeri Mbonyintege arasaba ubushishozi ku kibazo cy’abakozi 135 b’Ibitaro bya Kabgayi

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi, Musenyeri Mbonyintege Smaragde yavuze ko abakozi 135

Ruhango: Umurambo w’umusore wasanzwe hagati y’amatanura aho yakoreraga akazi

Mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki 18 Mata 2021, nibwo mu Karere

Gisagara: Umukobwa waburanye na Nyina muri Jenoside bongeye guhura afite imyaka 30

*Iwabo bamwibukaga mu bandi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi Mu Karere ka