Inkuru Nyamukuru

MASITA ikomeje kwagura imbago mu Rwanda

Nyuma yo gutsindira isoko ryo kwambika ikipe y’Igihugu, Amavubi, Uruganda rukora ibikoresho

Rwanda: Abaganga babaga bari munsi y’inshuro icumi z’abakenewe

Abakora mu rwego rw'ubuvuzi mu Rwanda bagaragaza ko ubu abaganga babaga bakiri

Rurageretse hagati y’Ubushinjacyaha na Gitifu watemye ibiti bya Leta

MUHANGA: Nsanzimana Védaste wahoze ari umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kabacuzi mu karere

Amajyaruguru: Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi barasabwa kutadamarara

Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bo mu Ntara y'Amajyaruguru, by'umwihariko abo mu ngaga zishamikiye

APR yashyize umucyo ku mpamvu yatandukanye n’abanyamahanga batatu

Nyuma ya byinshi byakomeje kuvugwa ku itandukana ry’abakinnyi b’abanyamahanga barimo Godwin Odibo,

Barasaba amashanyarazi mu biro by’umudugudu n’ivuriro biyubakiye

GICUMBI: Abaturage bo mu mudugudu wa Rugandu, Akagari ka Nyarutarama, mu murenge

U Burundi bwohereje abandi basirikare muri Congo

Igihugu cy'u Burundi cyohereje abandi basirikare mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi

Bukavu: Abayobozi bahungishije imiryango, amashuri n’amaduka birafunga

Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Bukavu babwiye UMUSEKE ko abayobozi n’abanyamafaranga

Kigali: Hateguwe igiterane kizakurwamo ubufasha bw’abadafite mituweli

Mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera igiterane cy'ivugabutumwa cyiswe 'Gather 25', kizavamo

Muhanga: Umusore yagwiriwe n’ikirombe arapfa

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga buvuga ko umusore w'imyaka

Urujijo ku mugore waryamye ari muzima bugacya yapfuye

NYANZA: Umugore witwa Nyiransabimana wo mu Karere ka Nyanza bikekwa ko yakuwe

Abiga muri UTB bahize gutera ikirenge mu cy’intwari z’u Rwanda

RUHANGO: Urubyiruko rwiga muri Kaminuza y'Ubukerarugendo, Amahoteli, Ikoranabuhanga n'Ubushabitsi, Ishami rya Ruhango

Ingabo za Malawi zategetswe kuva muri Congo vuba

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera yategetse Umugaba Mukuru w'Ingabo z'iki gihugu, Gen Paul

Nyamasheke: Umugabo wishe abagore babiri yarashwe

Umugabo witwa Niyonagize Xavier wo mu Karere ka Nyamasheke yatemye abagore babiri

Mu myaka 10 umusaruro w’ubworozi bw’amafi uzagera kuri toni zirenga ibihumbi 80

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ivuga ko bitarenze mu mwaka wa 2035 umusaruro w’ubworozi