Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Edgars Rinkēvičs

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame uri mu ruzinduko rw'akazi rw'iminsi itatu muri

MINEDUC yabujije Ababyeyi gusura abana ku ishuri

Minisiteri y’Uburezi,yatangaje ko Ababyeyi babujijwe igikorwa cyo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa  kizwi

Umushinga RDDP II witezweho gukungahaza aborozi b’i Nyagatare

Umushinga wa RDDP II ugiye gufasha aborozi bo mu Karere ka Nyagatare

Nyanza : Ushinja abagabo 5 kwica Loîc ntiyabonetse mu Rukiko

Umutangabuhamya washinjije abagabo Batanu kwica umwana witwa Kalinda Loîc Ntwali William ntiyabonetse

Abanyamulenge bakomeje gutotezwa amahanga arebera

Amahanga arasabwa kotsa igitutu ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi kugira ngo buhagarike

Nyamasheke: Umuturage yakubiswe n’inkuba  

Mu mudugudu wa Musasa,Akagari ka Raro mu Murenge wa Kanjongo mu karere

Amajyepfo: Abahinzi bagiriwe inama yo kwihutisha gutera imyaka

Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yahaye abahinzi icyumweru kimwe kugira ngo babe

Ibyavuye mu Nama idasanzwe ya Kiyovu Sports

Nyuma yo gutsindwa imikino itatu ikurikirana, ubuyobozi, abakinnyi, umuyobozi w'abakunzi ba Kiyovu

Rutsiro: Barishimira intambwe yatewe mu kurwanya igwingira ry’abana

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro, butangaza ko hari intambwe yatewe mu kurwanya igwingira,

Amavubi arimo Marvin yatangiye imyitozo – AMAFOTO

Abarimo Johan Marvin Kury ukina mu Busuwisi, batangiranye imyitozo n'ikipe y'Igihugu, Amavubi,

Kamonyi: Inzego z’umutekano zarashe abakekwaho ubujura

Mu Karere ka Kamonyi, abantu babiri bari bazwiho ibikorwa by’ubujura no gufata

Abagabo bane basambanyije umwana bakatiwe burundu

Urukiko rw'i Dodoma mu murwa mukuru wa Tanzaniya rwakatiye abagabo bane igihano

Wa Mukobwa wiziritse ku Mwarimu yazanye ingingo nshya

Umukobwa wo mu karere ka Nyaruguru arashinja umwarimu kumutera inda byanamuviriyemo uburwayi

Nyaruguru: Porogaramu ya ‘One Health’ yitezweho gukumira ibyorezo

Abavuzi b’abantu, ab’amatungo, n’abakora mu bidukikije bo mu karere ka Nyaruguru, bahurijwe

Ruhango: SEDO amaze igihe afungiwe mu nzererezi

SEDO w'Akagari ka Bihembe mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango,