Inkuru Nyamukuru

Umurinzi yagundaguranye n’Intare iramushwanyaguza

Nigeria: Polisi ya Nigeria yatangaje ko uwarinda ikigo cy’inyamaswa, yariwe n'intare mu

Umujura yasanze mu rugo habamo Umukarateka bararwana rubura gica

Mu Karere ka Muhanga, abajura b’amatungo bateye urugo bahasanga umusore w’umukarateka bararwana

Akarere kahamagaje Umwarimu umukobwa asaba miliyoni2Frw kugira ngo amuvire mu nzu 

Akarere ka Nyanza katumijeho umwarimu bikekwa ko yatswe miliyoni ebyiri kugira ngo

Rusizi: Umuturage arashakishwa nyuma yo gutwika ishyamba rya leta

Umuturage wo mu Murenge wa Butare, Akarere ka Rusizi,mu Ntara y'Iburengerazuba, arashakishwa

Minisitiri w’Intebe yihanangirije amadini yigisha inyigisho zigumura abaturage

Minisitiri w’intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimiye uruhare rw’amadini n’amatorero mu kubaka igihugu,

Umusore witeguraga kurongora yapfiriye mu mpanuka

Nyanza: Umusore wo mu karere ka Nyanza witeguraga gukora ubukwe, yapfuye azize

Rwanda: Abandi bantu babiri bishwe n’icyorezo cya Marburg

Kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yemeje ko

Kiyovu Sports ikomeje kugenda bayireba

Ikipe y’Amagaju FC, yafatanyije Kiyovu Sports n’ibibazo ifite, iyitsinda ibitego 2-0 mu

Ruhango: Hari Umuyobozi ufunganywe n’Umugore we

Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko Byiringiro Emmanuel, Umuyobozi w'Ishami ry'Ubuhinzi n'Ubworozi mu

MINISANTE imaze kumenya abantu 300 bahuye n’abanduye Marburg

Minisiteri y'Ubuzima, MINISANTE, yasabye Abaturarwanda kudakurwa umutima n'icyorezo cya Marburg kimaze guhitana

Abakozi ba ambasade ya Amerika mu Rwanda basabwe gukorera mu rugo

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, yasabye abakozi bayo

Abanyamakuru bahanzwe amaso mu iterambere ry’ubuhinzi

Abanyamakuru bibukijwe ko bahanzwe amaso mu kumenyesha abaturage ubuhinzi bugezweho no guca

Ababyeyi ntibakozwa guherekeza abangavu gukuramo inda kwemewe

GASABO: Ababyeyi barasabwa gutinyuka bakaganiriza abangavu ku ngamba bagomba gufata kugira ngo

Abantu 6 bamaze kwicwa n’indwara ya Marburg mu Rwanda

Minisiteri y'Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko kugeza ubu abantu batandatu ari bo bimaze

Hezbollah yemeje urupfu rwa Hassan Nasrallah wari umuyobozi wayo

Uburasirazuba bwo hagati bushobora kuba umuyonga, umuyobozi mukuru w’umutwe wa  Hezbollah, ushyigikiwe