Inkuru Nyamukuru

Basketball: APR yisubije igikombe cya shampiyona – AMAFOTO

APR BBC yatsinze Patriots amanota 73-70 mu mukino wa gatandatu wa nyuma

Congo: Imfungwa zirenga 1600 zarekuwe kubera uburwayi bukomeye

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , ku cyumweru imfungwa zirenga 1,600

Muhanga: Umubyeyi arasabwa miliyoni 17frw ngo avuze umwana we

Umubyeyi wa Mugisha Bruno wavukanye indwara ikomeye arasaba ubufasha bwa miliyoni 17

RDF Yinjije mu ngabo abasirikare bashya

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyinjije mu ngabo abasirikare bashya barimo abasore n’inkumi

CAF Champions League: Amatsinda akomeje kuba ingume kuri APR

Nyuma yo gutsindirwa mu Misiri ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura uganisha

Nkombo: Abahize abandi mu gusoma no kwandika neza Ikinyarwanda bahembwe

Ibikorwa ngaruka mwaka by'ukwezi kwahariwe gusoma no kwandika byizihirijwe mu Murenge wa

Abanyarwanda barasabwa guharanira amahoro nta wusigaye inyuma

Abanyarwanda bibukijwe ko kubura amahoro bidaterwa n'intambara gusa, ari nayo mpamvu bagomba

Nyamasheke: Gutera intanga ingurube bibinjiriza agatubutse

Aborozi b'ingurube bo mu Karere ka Nyamasheke barabyinira ku rukoma nyuma yo

Abapolisi b’u Rwanda bari muri Sudan y’Epfo bambitswe imidari y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudan y'Epfo

Musanze: Abayobozi babwiwe ko kunoza isuku bidasaba imishyikirano

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yibukije abayobozi b'Akarere ka Musanze ko hadakwiye

Kayonza: Abagizi ba nabi bataramenyekana batwitse kawa y’umuturage

Mu Karere ka Kayonza,abagizi ba nabi bataramenyekana batwitse umurima wa kawa w’umuturage

Rusizi: Basabwe kudaheza Urubyiruko rufite ubumuga ku buzima bw’imyororokere

Ihuriro ry'imiryango y'abantu bafite ubumuga mu Rwanda NUDOR  ryibukije baturage ko buri

João Lourenço yoherereje ubutumwa Tshisekedi ku biganiro bya Luanda

Perezida João Lourenço wa Angola uri guhuza u Rwanda na DR Congo

Umusore akurikiranyweho kwiba shebuja  Amadolari  arenga 17 000

Umusore w’imyaka 24, yatawe muri yombi,akekwaho kwiba shebuja amadolari y’Amerika (US$) 17,

Mu Rwanda batangiye gutanga urukingo rwa Mpox

Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rw'icyorezo cya Mpox, gikomeje guhangayikisha Isi by'umwihariko