Inkuru Nyamukuru

M23/AFC yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru n’umuyobozi wa Goma

Umutwe wa M23 ufatanya na Alliance Fleuve Congo washyizeho abayobozi bashya bayoboye

Muhanga: Impanuka ya ‘Ambulance’ yakomerekeyemo batanu

Imbanguragutabara y'Ibitaro bya Nyabikenke yakoreye impanuka mu Murenge wa Mushishiro ikomerekeramo abantu

Yakatiwe gufungwa imyaka 16 ku bwo gusambanya umwana w’imyaka 3

NYANZA: Urukiko Rukuru Urugereko rwa Nyanza rwakatiye umusore witwa Habimana Pacifique uregwa

Abadepite ba Afurika y’Epfo basabye gukura ingabo zabo muri Congo

Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika y'Epfo basabye

Uwasimbuye Cirimwami yatangiye imirimo asana imihanda, anengwa gutinya M23

Guverineri mushya wa gisirikare w'Intara ya Kivu y'Amajyaruguru, Maj. Gen. Evariste Somo

Imodoka ya Gitifu wa Giti yahiye irakongoka

Imodoka ya Jean Marie Vianney Bangirana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Giti ho

Abanyekongo batuye mu Bubiligi basabiye u Rwanda ibihano

Bamwe mu bakongomani batuye mu Bubiligi bishoye mu mihanda mu Mujyi wa

Umuherwe Aga Khan yapfuye ku myaka 88

Umuherwe Aga Khan, uzwi cyane mu karere ka Afurika y'Iburasirazuba kubera ibitaro

Ntaganzwa wishe umugore we yakatiwe gufungwa burundu

MUHANGA: Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga, rwahaye Ntaganzwa Emmanuel ushinjwa kwica umugore we

M23 yasabwe gufungura ikibuga cy’indege cya Goma byihutirwa

Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo,

Nta muntu n’umwe uzaturindira umutekano- KAGAME

Perezida Paul Kagame yavuze ko nta muntu uzagira uruhare mu kurinda umutekano

Kagame na Tshisekedi bemeje guhurira mu nama idasanzwe

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, agiye kwakira inama y’abakuru b’ibihugu by’Umuryango

M23 yemeye guhagarika imirwano

Umutwe wa M23 watangaje agahenge guhera ku wa kabiri tariki 04 Gashyantare

Ndayishimiye yagiye mu masengesho muri Amerika

Varisito Ndayishimiye, Perezida w'u Burundi yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ari

Gasabo: Polisi yafashe abakekwaho gushikuza abantu ibyabo

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze,