Utuntu n'utundi

Meteo Rwanda yateguje imvura idasanzwe mu mpera za Gashyantare

Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu bice byinshi by’igihugu

Muhanga: Ibuye ryasanze umugabo mu Kirombe riramwica

Nsabamahoro Eric w'Imyaka 29 y'amavuko, yishwe n'ibuye rimusanze mu kirombe. Nsabamahoro Eric

Inka yibwe bayisanze mu buriri bw’umuturage

Musanze: Nsengiyumva Alphonse w'imyaka 29 wo mu karere ka Musanze, arashakishwa nyuma

Rubavu: Umwana ukiri muto yakubiswe n’inkuba

Mu Karere ka Rubavu, Inkuba yakubise umwana w’imyaka 13, witwa Uwajeneza Dorcas 

Kwita ku bishanga ni ingenzi mu buzima – Min Mujawamariya

Ku wa Gatandatu hakozwe umuganda mu gishanga cya Gikondo, mu rwego rwo

Nyanza: Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga biyemeje kubana

Umusore n'umukobwa bombi bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, biyemeje kubana abatashye

Burera: Umugabo arakekwaho gusambanya intama kugeza ipfuye

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 39 y'amavuko wo mu Mudugudu wa Cyogo,

Abarumwa n’inzoka bakirukira mu bagombozi baburiwe

Ikigo cy’igihugu Gishinzwe ubuzima mu Rwanda, RBC, kirasaba abantu kwihutira kujya kwa

Ruhango: Haravugwa utubari ducuruza abana b’abakobwa

Mu Murenge wa Kinazi,mu Karere ka Ruhango, haravugwa utubari dukoresha abana b’abakobwa

Ibitavugwa mu nzu za ‘Sauna na Massage’

Uko bwije nuko bukeye isi irajya n’ibyayo. Yewe umuntu ashatse yaririmba aka

Aragisha inama: Umugore bamaranye amezi ane yafashe icyumba cye

Nyuma y'amezi ane ashinze urugo ariko akaba afite imbogamizi z'uko umugore akora

Ibivugwa ku rupfu rw’intare 2 zakomotseho izindi ziri muri Pariki y’Akagera

*Iyi nkuru irimo byinshi byihariye ku mibereho y'intare no gusaza kwazo  Ubuyobozi

Rusizi: Umwarimu yarumye umugore we ugutwi

Umugabo wigisha muri GS Ntura yarumye umugore we ugutwi, abaturanyi batabaye basanga

Nyamasheke: Abantu Bane bagwiriwe n’urukuta rw’ahazubakwa sitasiyo ya lisansi

Urukuta rw’ahateganywa gushyirwa  sitasiyo ya lisansi  yubakwaga  rwagwiriye abantu bane, umwe arapfa

Bugesera: Amajanja y’inkoko yabaye imari ishyushye

Hari bamwe mu baturage bo mu Karere ka Bugesera bayobotse kurya amajanja