Utuntu n'utundi

Umugore w’i Musanze yishwe na Covid-19, abanduye bashya mu Rwanda ni 998

Nk'uko bitangazwa na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) kuri uyu wa Kabiri tariki 28

Uko ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi kwagenze mu Ntara y’Iburasirazuba (Amafoto)

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Ukuboza 2021, Polisi y’u Rwanda

Kicukiro yahawe igikombe cyo kurwanya Covid-19, Bumbogo ihembwa imodoka

Akarere ka Kicukiro kaje ku isonga mu turere tw’Umujyi wa Kigali mu

Perezida Kagame yatanze umuburo ku bahungabanya umutekano w’Igihugu

Perezida Paul Kagame yaburiye abashaka guhungabanya umutekano n’umudendezo by’Igihugu ko batazihanganirwa ahubwo

U Rwanda rugeze kuri 80% rukingira Covid-19 – Perezida Kagame atanga ishusho y’Igihugu

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko igihugu kimaze gukingira icyorezo cya

Perezida Kagame yashimiye umusanzu w’ubuhinzi wa 25% mu bukungu bw’igihugu

Perezida Paul Kagame ageza ijambo ku banyarwanda ku ishusho y’uko igihugu gihagaze

Kigali: Abantu bane bishimiraga Noheri bishwe n’inzoga banyoye

Abantu bane  barimo umugore umwe n’abagabo batatu bari batuye mu Kagari ka

Cardinari Kambanda yamaganye abaryamana bahuje ibitsina, asobanura ingaruka mbi zabyo

Arkiyepiskopi wa Kigali, Caridinari Antoine Kambana yavuze ko abakora ibikorwa byo kuryamana

Kwishima nyako ni ukw’igihe kirekire- Minisitiri  Gatabazi

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yasabye Abanyarwanda kwirinda gutwarwa

Abanyarwanda 21 bari bafungiye Uganda bagejejwe mu Rwanda

Abanyarwanda 21 bari bamaze igihe bafungiye muri Uganda bashinjwa kwinjira no gutura

URwanda na Zimbabwe basinyanye amasezerano mu guhana abarimu

Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ukuboza 2021, u Rwanda na

Kacyiru: Ababyarira ku Bitaro bya Polisi barinubira 25000Frw bakwa yitwa ko ari aya Caution

Bamwe mu babyeyi bajya kubyarira ku Bitaro bya Kacyiru bizwi nk’ibya Polisi,

Kigali : Abantu 16 bafashwe na Polisi bagiye gusura umurwayi wa COVID-19

Polisi y’Igihugu kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Ukuboza 2021, yerekanye

Umusore uvuga ko “yangiwe kwinjira muri RDF” yafatiwe ku Inkundamahoro ashaka kwiyahura

Hari umusore uvuka mu Karere ka Rulindo wafatiwe mu nyubako ya Inkundamahoro

Nyarugenge: Polisi yafashe moto yibiwe Kicukiro

Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 20 Ukuboza, 201 Polisi