Serivise zidatangwa ku gihe, abaturage bemeza ko zibagusha mu cyaha cya Ruswa

Gusasa inzoze, kugaragaza ibibazo biri mu miyoborere no kubishakira igisubizo, ni bimwe mu ntego y’Inteko z’Abaturage, abo mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kinyinya bagaragaza ko serivise idatangiwe ku gihe ituma ab’intege nke bagwa mu cyaha cya ruswa. Ku wa Kabiri ni wo munsi wahariwe kwakira ibibazo by’abaturage mu midugudu, aho abaturage bahura n’Abayobozi […]