Umunyamakuru yasabye Minisitiri Busingye kugenzura iby’iyicarubozo rivugwa “ahitwa Kwa Kabuga”

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye avuga ko mu nyandiko no mu mategeko by’u Rwanda ntaho ikitwa Kwa Kabuga kiba nubwo hari abantu batandukanye bajya babyandika. Kuri uyu wa 14 Kanama 2021 ubwo Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru  ya Leta Johnston Busingye yaganiraga  n’Abanyamakuru bari mu Ishuri Rikuru ryigisha rikanateza imbere Amategeko […]