Umuturage uvuga ko agiye kumara imyaka 15  Gitifu amuhuguje inka — Uko byagenze

Muhanga: Nzitirwanimana Dismas wo mu M urenge wa Rongi, Akagari ka Nyamirambo, Umudugudu wa Mugwato, Akarere ka Muhanga,  yavuze ko uwahoze ayoboye Umurenge wa Rongi   witwa Ndayisaba Aimable yagurishije inka uyu muturage yahawe muri gahunda ya Girinka. Uyu musaza w’imyaka 68 yavuze ko mu mwaka wa 2006 yashyizwe ku rutonde rw’abagombaga kubakirwa inzu, nk’abatishoboye ndetse […]