Min Habyarimana Beata yavuze ko Ikigega Nzahurabukungu kitagera ku bacuruzi bose

Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda, Habyarimana Beata yavuze ko mu rwego rwo gufasha abikorera bagizweho ingaruka na Coronavirus hari gahunda yo kongera inkunga ijya mu kigega nzahura bukungu ’(Economic Recovery Fund (ERF) ariko asaba abikorera kurwanya Covid-19 ubucuruzi bwabo bugakomeza neza batarinze kwiyambaza ikigego kuko kitagera kuri bose. Ibi Minisitiri yabitangaje ku wa 11 Nyakanga 2021 mu […]