Perezida Ndayishimiye yakomoje ku ruzinduko rwa Dr Ngirente Edouard mu Burundi

Abanyarwanda bakunda kuvuga ngo “Ifuni ibagara ubucu ni akarenge”, mu birori byo kwizihiza imyaka 59 ishize u Burundi bubonye ubwigenge, u Rwanda rwoherejeyo Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard mu bashimye iyi ntambwa harimo Perezida w’u Burundi wamutumye kuri Perezida Kagame. Mu ijambo yavugiye muri ibi birori Perezida Evariste Ndayishimiye yagize ati “Tuboneyeho umwanya wo kugusaba, […]