Tshisekedi yaba ari we gisubizo ku bibazo politiki byashinze imizi hagati y’u Burundi -u Rwanda na Uganda?

Mu kwezi kwa Nyakanga 2000 nibwo amasezerano asubizaho Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yatangiye gushyirwa mu bikorwa, imyaka ibaye myinshi  Abayobozi bagize aka Karere biyemeje guhuza imipaka, guhuza isoko rusange, guhuza ifaranga no guhuza politiki, gusa Akarere k’Ibiyaga Bigari kakunze no kurangwamo umwuka utari mwiza mu baturanyi 3, u Rwanda, u Burundi na Uganda. […]