Inama idasanzwe y’Abaminisitiri iriga no ku ngamba nshya zo gukumira ikwirakiwra rya COVID-19

Ibyemezo bijyanye n’ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 zaherukaga gufatwa tariki 12 Kamena 2021, icyo gihe itangazo ryavugaga ko ingamba zifashwe zisuzumwa nyuma y’ibyumweru bibiri, ubu inama ibaye mbereho iminsi itanu. Umubare w’abandura Covid-19 muri iyi minsi wakomeje kwiyongera nk’uko bigaragarira mu mibare itangwa na Ministeri y’Ubuzima. Ubutumwa bwanyujijwe kuri Twitter ya Village Urugwiro buvuga ko […]