Gicumbi: Abana 193 bari munsi y’imyaka 10 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ubuyobozi bw’Akarere buhangayikishijwe n’ikibazo cy’ihohoterwa ririri mu miryango by’umwihariko irishingiye ku gitsina ryibasira cyane abana b’abakobwa batari bageza imyaka y’ubukure. Icyegeranyo cyerekana ko mu gihe cy’umwaka umwe gusa, kuva 2020 kugera ubu abagera kuri 400 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gutsina no ku mubiri. Abagera kuri 393 b’igitsina gore bakorewe ihohoterwa, naho abagabo 48 na bo […]