Gicumbi: Umurenge wa Rutare aho amazi yari ingume ubu yarahageze

*Kugira ngo bavome banagire ikindi bakora babyukaga saa munani z’ijoro bajya mu kabande Ikibazo cy’amazi cyakunze kugwarukwaho cyane  by’umwihariko mu Murenge wa Rutare, Akarere n’abafatanyabikorwa bako bakomeje gushakisha uko cyakemuka mu buryo burambye. Abaturage bo mu Murenge wa Rutare bavuga ko ikibazo cy’amazi iwabo cyavuzwe kenshi no mu Itangazamakuru, ko gituma iterambere ritagerwaho uko babyifuza […]