Ubuhamya bwa Muhoza wabyaye abana 2 bafite ubumuga bw’uruhu umugabo akamuta

Abenshi bibaza ko abana bafite ubumuga bw’uruhu bavukira mu miryango ikennye, umuryango w’abafite ubumuga bw’uruhu OIPPA uvuga ko imiryango ikeneshwa n’amakimbirane avuka igihe iyo miryango yabyaye umwana ufite ubumuga bw’uruhu. Muhoza yabyaye umwana ufite buriya bumuga umugabo arihangana, abyaye uwa kabiri umugabo ahita amuta ava mu rugo. Muhoza Janvière avuga yashatse mu Karere ka Gisagara, […]