Ruhango: Abagore n’abagabo baraboneza imbyaro ngo babashe kurera neza abana babyaye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko 65%  by’abagore bagejeje igihe cyo kuboneza urubyaro babyitabira, mu gihe abagabo 1600 aribo bamaze kuboneza urubyaro. Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Habarurema Valens avuga ko kuba ababyeyi bose bamaze kumva neza akamaro ko kuboneza urubyaro, ari intambwe nziza yo kwishimira. Habarurema yavuze ko abagore n’abagabo mu Karere hose bangana, kuko […]