Rubavu: Mu bihe bitandukanye Abaturage 2 barashwe barapfa

Atantu babiri bari bavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo barashweho n’Ingabo z’u Rwanda bahita bapfa, amakuru avuga ko barashwe mu bihe bitandukanye. Amakuru avuga ko ingabo zo muri Batayo ya 63 zarashwe bariya bantu zibakekaho kuba abanzi b’igihugu ubwo binjiraga mu gihugu banyuze mu nzira itemewe. Aba baturage barasiwe mu Mudugudu wa Murambi, Akagari […]