Sarpong uri ku muryango usohoka muri Yanga yanze kujya mu mwiherero

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Nyuma yo kubabarirwa kubera ikibazo cy’imwitwarire mibi yari yagaragaje, rutahizamu wa Yanga, Michael Sarpong wakiniye Rayon Sports, yanze gusanga abandi mu mwiherero bitegura umukino wa nyuma wa FA Cup bazakinamo na Simba SC mu mpera z’iki cyumweru, amakuru avuga ko ari uko yamenye ko n’ubundi azirukanwa. Mu ntangiriro […]