South Africa: Ubusahuzi n’ibindi bikorwa bibi byatumye abasirikare bitabazwa mu kubihosha

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yasabye abaturage kurwanya urugomo kubera imidugararo yavutse itewe n’ifungwa ry’uwahoze ari Perezida, Jacob Zuma ubu hari bamwe baguye muri izi mvururu nshya. Abantu 30 bamaze gupfa naho abagera hafi kuri 800 batawe muri yombi kuva Zuma yakwishyikiriza Polisi mu Cyumweru gishize. Amaduka amwe yarasahuwe n’inyubako zimwe ziratwikwa. Abasirikare bitabajwe […]