IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL baragufasha kwiga amasomo yazakubeshaho mu gihe gito

webmaster webmaster

Muri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL bazakwigisha Graphic design, website design na film making mu gihe cy’ukwezi kumwe gusa, ubundi ntube ugishaka akazi ahubwo abe ari wowe usigara utunze imiryango.

IBTC ni ishuri rya mbere mu Rwanda mu gusohora abanyeshuri benshi, byorohera kujya ku isoko ry’umurimo vuba kubera ubwoko bw’ibyo bigisha bimaze kuvugwa aha hejuru.

Ibyigwa byose ni pratique, mu gihe gito cyane cy’ukwezi kumwe kandi ibyo wize utangira kubikoresha. Ibyigwa byose uba ushobora kubikoresha mu gihugu cyawe ndetse n’ahandi hose ku isi kuko ntaho bidakenerwa.

Mu byo muri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL bigisha nk’uko twabivuze aha, ni nko muri film making uba  ushobora kwigamo camera, editing ya Adobe premiere Pro, editing y’amajwi ukoresheje Adobe audition, editing y’ibidasanzwe; Visual effect  ukoresheje Adobe after effect, ushobora kwigamo uko bandika film mbarankuru (documentary) cg film wihimbiye (fiction film), ushobora kwigamo sound ikoreshwa muri film, amatara akoreshwa muri film ndetse  photography,… aho buri kimwe wiyemeje kwiga kiba gishobora kugutunga cyo ubwacyo cyonyine, bikaba akarusho cyane iyo byose ubyize ukabimenyera icyarimwe.

Iyo wize graphic design ukigamo bimwe cyangwa byose mu biyigize nka PS, Adobe photoshop, Adobe Illustator cg Adobe indesign,… kimwe muri ibyo kiba gishobora kugukiza nta kabuza.

Byaragaragaye ko muri ibi bibazo turi gucamo bya za guma mu rugo zikurikiranya, abize muri IBTC ahubwo aribwo bakora akazi kenshi kandi kabaha amafaranga menshi kuko usanga ahubwo muri guma mu rugo aribwo service zitangwa cyangwa ziba zikenewe zimenyekanisha Covid-19, uburyo bwo kuyirinda, uburyo bwo kuyitwararika; kwamamaza serivise zitandukanye byose bikoreshwa mu iri shuri ryigisha.

Abize muri IBTC, ubu bari hanze barimo gukora businesses zabo muri ibi bihe bimeze nabi, bo akazi kabo kaba gakomeje, ni nabwo banakorera amafaranga menshi, turashishikariza abanyeshuri bose bari mu biruhuko bo guhera nibura mu mwaka wa 2 w’amashuri yisumbuye kugeza no k’uwiga muri Master’s; tukabagira inama yo kujya kwiga muri IBTC kuko yagaragaje ubudasa mu byo yigisha, aho usanga uwayizemo wese wikorera cyangwa ufite aho akorera avuga ko ibintu yahigiye ntahandi yashoboraga kuzabyigira,…

- Advertisement -

Uwashinze IBTC agira ati “Biranshimisha nk’umurezi kandi nkumva bihura n’ibyo nibwiraga njya gushinga iri shuri muri 2012, kuko natekerezaga kwigisha ibintu byakoreshwa muri business kandi bigakoresha ikornabuhanga kandi uwabyize akaba agomba kugaragaza ikinyuranyo ugereranyije n’ubikora atarabyize.  

Niyo mpamvu mba numva nshimye Imana yankoresheje kugira ngo ntekereze umushinga nk’uyu ugirira Abanyarwanda n’abanyamahanga baba mu Rwanda akamaro kandi ugatanga amafaranga k’umuntu wese wemeye kubyiga; usanga bitanga isura y’uko imisozi yo gukoreraho Imana ikiri myinshi kuko icyo wakora cyose neza gifasha abandi n’ubundi uba urimo gukorera Imana, reka rero buri mu Nyarwanda wese wamaze kwiga atangize ikintu cye gishya gishobora kumufasha we ubwe, umuryango we, igihugu cye ndetse n’isi muri rusange.”

Ukeneye ko ino vacance cyangwa uwo mwanya wawe wa nimugoroba utagupfira ubusa, kandi ukaba ukeneye kwiga igihe gito cy’ukwezi kumwe, cyangwa ukaba ukeneye kwiga utavuye aho uri, kwiga online kandi ukaba ukeneye kwiga ibintu birimo gukoreshwa ku isoko ry’umurimo kandi bijyanye n’isi ya none, wagana iri shuri ryigisha amasomo atuma ugendana n’isi iri digital, isi ikoresha internet cyane bakunze kwita .com, ubundi nawe mu gihe gito ukambuka inyanja y’ubukene.

Aho wabasanga ni muri etage 4 yo kwa Rubangura Vedaste, umuryango wa 06 cyangwa ukabasanga muri City Plaza etage ya 2, umuryango wa kabiri, ushobora kandi kubahamagara kuri 0788543002/ 0728543002/ 0788834503/ 0788558094 kimwe n’uko wanabasura kuri website yabo: www.ibtcfilmschool.com cg ukabandikira kuri email yabo: [email protected]/ [email protected]  ndetse social media platform zose barazikoresha ku buryo wazisangaho ibisobanuro byose uciye kuri: ibtc film school (facebook,Twitter, Instagram,  linkedin,youtube).

IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL ikorera mu Rwanda no muri DR.Congo kandi yigwamo n’abantu b’ingeri zose. Yigwamo n’Abanyarwanda benshi n’abanyamahanga bake baba mu Rwanda n’abandi bava i mahanga.

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818
REBA YouTube Channel UMUSEKE TV video nziza nk’iyi. UKORA LIKE SHARE na COMMENT

UMUSEKE.RW