Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Afurika

MONUSCO yarashe umuntu umwe, abagera ku 10 barakomereka (Video)

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2022/07/31 2:19 PM
A A
2
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru mu masaha ya saa tanu, ku mupaka uhuza Repubulika ya Demokarasi ya Congo, na Uganda ingabo za UN zinjiye ku ngufu zirasaamasasu ku rubyiruko rwazibuzaga kwinjira, umwe arapfa.

Ingabo za MONUSCO zifunguriye umupaka zinjira muri Congo, nubwo video zigaragaza ko hari abapolisi n’abasirikare barinda uwo mupaka

Ikinyamakuru LesVolcansnews kivuga ko ijoro ryo ku wa Gatandu mu mupaka wa Kasindi ritari ritekanye.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru nk’uko Video zibigaragaza, abasirikare bambaye ingofero ziriho UN, bifunguriye umupaka mu gihe hari abapolisi ba Leta n’abasirikare.

Nyuma y’akanya gato k’impaka, humvikanye amasasu menshi, ariyo yafashe umwe mu rubyiruko ahita apfa, abanda bantu 9 bakomeretse harimo n’umupilisi nk’uko urubuga LesVolcansnews rubivuga.

Kwamamaza

Ingabo za MONUSCO zarashe zishakira inzira imodoka nyinshi zerekezaga mu Mujyi wa Beni.

Incroyable mais vrai. Les casques bleus de la #monusco viennent de forcer la barrière de Kasindi séparant la #RDC de l'Ouganda pour entrer en Rdc sous des coups de balles ce dimanche matin.

Vidéo pic.twitter.com/0fe8i6RoWM

— Israël Mutombo (@IsralMutombo11) July 31, 2022

Abasivile 9 n’umupolisi urinda ku mupaka bajyanywe ku Bitaro by’Abadivantiste byitwa Usalama ahazwi nka Vimbao, biri ahitwa Congo-ya-sika.

Urubyiruko rwarakaye rwagumye ku muhanda witwa (Route nationale numéro 4 axe Beni-Kasindi), bavuga ko ngo biteguye gutangira imodoka za MONUSCO igihe zakongere kuhanyura

IVOMO: LesVolcansnews

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Abakinnyi ba APR FC bahawe ibihembo nk’abahize abandi muri Shampiyona

Inkuru ikurikira

Ferwafa igiye gusubizaho Academy

Izo bjyanyeInkuru

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

2023/02/05 11:33 AM
Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

2023/02/05 10:37 AM
Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

2023/02/05 9:59 AM
Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

2023/02/05 9:13 AM
Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

2023/02/05 8:13 AM
Nshimiye Joseph yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Nshimiye Joseph yasabiwe gufungwa by’agateganyo

2023/02/05 7:30 AM
Inkuru ikurikira
Ferwafa igiye gusubizaho Academy

Ferwafa igiye gusubizaho Academy

Ibitekerezo 2

  1. Pingback: MONUSCO yataye muri yombi abasirikare bayo bishe umusivile bagakomeretsa abanda 10 – Umuseke
  2. Anonymous says:
    shize

    Silaha!

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

2023/02/05 11:33 AM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010