Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Reading: Police FC yinjije batatu, yongerera amasezerano babiri
Share
Umuseke
Aa
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Shakisha
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
© 2023 UMUSEKE Ltd. All Rights Reserved.

Police FC yinjije batatu, yongerera amasezerano babiri

HABIMANA Sadi HABIMANA Sadi 26/07/2022 11:00

N’ubwo kugeza ubu ntacyo ubuyobozi bw’iyi kipe y’Igipolisi buratangaza ku bakinnyi bashya, ariko ikomeje kwinjiza abazayifasha mu mwaka utaha w’imikino.

Sibomana Patrick ari mu bongerewe amasezerano muri Police FC

Abakinnyi batatu bashya iyi kipe yamaze kwibikaho, ni myugariro Hakizimana Amani bakuye muri Musanze FC, Rurangwa Mossi bakuye muri AS Kigali aba bombi basinye amasezerano y’imyaka ibiri na Mugiraneza Jean Baptiste wasinye amasezerano y’umwaka umwe nyuma yo kuva muri KMC yo muri Tanzania.

Abakinnyi babiri iyi kipe yongereye amasezerano, ni Sibomana Patrick na Rutanga Eric bombi bongerewe amasezerano y’imyaka ibiri. Undi wongerewe amasezerano mu minsi ishize ni Sibomana Abouba wongerewe umwaka umwe.

Iyi kipe izatozwa na Mashami Vincent nk’umutoza mukuru, iravugwamo rutahizamu, Tuyisenge Jacques wayihozemo mbere y’uko ajya muri Gor Mahia yo muri Kenya.

Undi mukinnyi ushobora kongera amasezerano muri iyi kipe, ni Twezerimana Martin Fabrice ukina hagati mu kibuga. Undi uvugwamo ni umunyezamu Mvuyekure Emery nawe wayihozemo.

UMUSEKE wifuje kuvugana n’ubuyobozi bwa Police FC kuri aya makuru y’aba bakinnyi, ariko Umunyamabanga Mukuru w’iyi kipe, CIP Obed yavuze ko akiri muri rwinshi atabasha kutuvugisha.

Rutanga Eric yongerewe amasezerano muri Police FC
Iradukunda Eric Radu ashobora kutazongererwa amasezerano
Usengimana Faustin nawe yerekeje muri Iraq
Hakizimana Muhadjiri yagiye gukina muri Aziya
Rurangwa Mossi ni umukinnyi mushya wa Police FC mu myaka ibiri iri imbere

UMUSEKE.RW

You Might Also Like

Rwamagana: Amayobera ku mupolisi wapfuye bitunguranye

Ruswa mu Rwanda yaragabanutse

Stade ya Huye ishobora kongera guhagarikwa na CAF

Muhanga: Urukiko rwatesheje agaciro ikirego cy’umuturage wahugujwe isambu

Rusizi: Umuganga w’i Bitaro bya Mibilizi yarumwe n’inzoka

HABIMANA Sadi 26/07/2022 11:00 26/07/2022 11:00
Share
Inkuru ibanza Uko byagendekeye Umugore wabyawe n’Umubiligi akamuhisha Nyina w’Umunyarwandakazi na n’ubu
Inkuru ikurikira Ubuyapani bwanyonze umugabo w’imyaka 39
- Advertisement -

Amakuru aheruka

Rwamagana: Amayobera ku mupolisi wapfuye bitunguranye
Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru
Ruswa mu Rwanda yaragabanutse
Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru
Stade ya Huye ishobora kongera guhagarikwa na CAF
Imikino
Muhanga: Urukiko rwatesheje agaciro ikirego cy’umuturage wahugujwe isambu
Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru Ubutabera
-Kwamamaza -
Facebook Twitter Youtube

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y’umwihariko asana imitima y’abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

 

Tel/whatsapp:+250 788 306 908

Tel/whatsapp:+250 788 772 818


Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Rwamagana: Amayobera ku mupolisi wapfuye bitunguranye
07/12/2023 1:40

© UMUSEKE Network. Since 2010. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?