Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imikino

PSG yerekanye umutoza mushya wasimbuye Mauricio Pochettino

Ubuyobozi bw'ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, bwerekanye Christophe Galtier nk'umutoza mukuru w'iyi kipe wasimbuye umunya-Argentine, Mauricio Pochettino.

Yanditswe na: HABIMANA Sadi
2022/07/06 12:37 PM
A A
0
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Nyuma yo gutandukana n’uwari umutoza mukuru wayo, Mauricio Pochettino, ikipe ya Paris Saint-Germain, yerekanye umutoza mushya, Christophe Galtier. Ni umuhango wabaye ku wa Kabiri tariki 5 Nyakanga. Uyu mutoza yasinye amasezerano azamugeza muri Kamena 2024. Arasabwa guhesha PSG igikombe cya UEFA Champions League iyi kipe inyotewe.

Christophe Galtier azatoza PSG kugeza mu 2024

Akimara kwerekanwa, Christophe yavuze ko yishimiye kuba umutoza wa PSG, asaba abafana kuzamuba hafi kugira ngo azabashe kugera ku ntego ze.

Related posts

Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

2022/08/17 9:42 PM
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania yasuye AS Kigali WFC

Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania yasuye AS Kigali WFC

2022/08/17 3:01 PM

Abajijwe ku cyo avuga ku mukinnyi, Neymar Junior, uyu mutoza we yasubije ko yifuza kumugumana, mu gihe ikipe yo yifuzaga kumushyira ku isoko.

Galtier yatoje amakipe arimo Olympique Marseille nk’umwungiriza ndetse nk’umutoza mukuru w’agateganyo, Olympique Lyonnais nk’umwungiriza, Saint-Étienne, Lille yahesheje igikombe cya shampiyona mu 2021 na Nice yavuyemo ajya muri PSG.

Galtier yatozaga Nice umwaka ushize
Galtier yerekanywe nk’umutoza mushya wa PSG usabwa guhesha ikipe Uefa Champions League

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Juno Kizigenza agiye kuzenguruka igihugu ataramira Abanyarwanda

Inkuru ikurikira

Nyanza: Utaragiye mu kizamini cy’akazi ni we wabonye amanota ya mbere – RIB hari abo ifunze

Inkuru ikurikira
Gakenke: Gitifu yatawe muri yombi akekwa gusambanya umunyeshuri

Nyanza: Utaragiye mu kizamini cy'akazi ni we wabonye amanota ya mbere - RIB hari abo ifunze

Inkuru zikunzwe

  • Mu kibanza cya Musenyeri habonetsemo ibigega bya petrol bitabye mu butaka

    Mu kibanza cya Musenyeri habonetsemo ibigega bya petrol bitabye mu butaka

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umugabo yafashe umugore we amuca inyuma bitamugoye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • AS Kigali yasubije Lt Gen Mubarakh Muganga

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Sandra Teta n’abana yabyaranye na Weasel bazanwe mu Rwanda

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • IBUKA yagiriye inama Past Kalisa urega mugenzi we gutanga ikirego muri RIB

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umunyamabanga wa Leta ya America, Anthony Blinken yageze i Kigali

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Burundi: Radiyo na Televiziyo ziri gufunga imiryango kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Padiri Muzungu uzwi cyane nk’Umwanditsi w’ibitabo yatabarutse ku myaka 90

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Uwahoze ayobora ishuri rya ILPD yasabwe gukomeza gukorana n’abamusimbuye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

2022/08/17 9:42 PM
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania yasuye AS Kigali WFC

Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania yasuye AS Kigali WFC

2022/08/17 3:01 PM
Rwanda: Mu gihe kitageze ku myaka ibiri ibyamamare bine bimaze kwitaba Imana

Rwanda: Mu gihe kitageze ku myaka ibiri ibyamamare bine bimaze kwitaba Imana

2022/08/17 2:56 PM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010