Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imikino

Ingengo y’imari ya Rwamagana City yongerewe

Yanditswe na: HABIMANA Sadi
2022/08/04 12:54 PM
A A
0
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rwamagana City bwemeje ko ingengo y’imari y’iyi kipe yamaze kwiyongera ku rwego rushimishije.

Rwamagana City yazamukanye na Sunrise FC mu Cyiciro cya Mbere

Ubwo ikipe yari ikiri muri shampiyona y’icyiciro cya Kabiri, ikipe ya Rwamagana City ni imwe mu zari zibayaeho nabi n’ubwo ubuyobozi bw’iyi kipe butabyemeranyaho n’ababivuga.

Related posts

AMAFOTO: Kiyovu yatangije amarushanwa y’abakiri bato

AMAFOTO: Kiyovu yatangije amarushanwa y’abakiri bato

2022/08/16 10:35 PM
Jürgen Klopp yababajwe n’imyitwarire ya Darwin Nuñez

Jürgen Klopp yababajwe n’imyitwarire ya Darwin Nuñez

2022/08/16 5:50 PM

Nyuma yo kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere, abakurikiranira hafi umupira w’amaguru mu Rwanda, bavuze ko iyi kipe ishobora kuzagira ibibazo birenze bitewe n’amikoro.

Uwimana Néhemie uyobora Rwamagana City, aganira na UMUSEKE yemeje ko ingengo y’imari y’iyi kipe izazamuka kugera kuri miliyoni 200 Frw.

Ati “Mu cyiciro cya Kabiri ntabwo ari twe kipe yari ibayeho nabi kurusha izindi. Ntibigeze baburara, ntitwigeze tubura ibajyana kuri stade. Ntibigeze Babura imyambaro, ntibigeze Babura inkweto. Ubuzima bari barimo ni ubwari busanzwe.”

Aha niho yakomeje avuga ko kuba ingengo y’imari y’iyi kipe yazamutse kuko icyiciro cya Kabiri n’icya Mbere bitandukanye.

Ati “Ubu bagiye mu cyiciro cya Mbere, bazakenera ibikoresho bihagije. Nkaba numva rero hamwe n’Akarere twarakoze ingengo y’imari tuyemeranyweho. Twakoze agera kuri miliyoni 200 Frw azatuma tuza mu myanya icumi ya Mbere.”

Iyi kipe yamaze kuzaba abatoza bashya bayobowe na Ruremesha Emmanuel nk’umutoza mukuru, akazungirizwa na Lomami Marcel, mu gihe umutoza w’abanyezamu ari uwazamukanye nayo.

Mu kwitegura shampiyona ibura iminsi mike ngo itangire, Rwamagana City yatangiye imyitozo ndetse irateganya imikino ya gicuti mu minsi iri imbere.

Ingengo y’imari ya Rwamagana City izagera kuri miliyoni 200 Frw

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Umujyi wa Kigali ugiye gushinga ikipe ya Volleyball

Inkuru ikurikira

U Rwanda ruzasobanura uko Rusesabagina yafashwe mu buryo bukurikije amategeko

Inkuru ikurikira
Antony Blinken azasura u Rwanda, kuri gahunda ye harimo na Paul Rusesabagina

U Rwanda ruzasobanura uko Rusesabagina yafashwe mu buryo bukurikije amategeko

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Inkuru zikunzwe

  • Mu kibanza cya Musenyeri habonetsemo ibigega bya petrol bitabye mu butaka

    Mu kibanza cya Musenyeri habonetsemo ibigega bya petrol bitabye mu butaka

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umugabo yafashe umugore we amuca inyuma bitamugoye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • AS Kigali yasubije Lt Gen Mubarakh Muganga

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Sandra Teta n’abana yabyaranye na Weasel bazanwe mu Rwanda

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • IBUKA yagiriye inama Past Kalisa urega mugenzi we gutanga ikirego muri RIB

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umunyamabanga wa Leta ya America, Anthony Blinken yageze i Kigali

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Burundi: Radiyo na Televiziyo ziri gufunga imiryango kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Padiri Muzungu uzwi cyane nk’Umwanditsi w’ibitabo yatabarutse ku myaka 90

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Uwahoze ayobora ishuri rya ILPD yasabwe gukomeza gukorana n’abamusimbuye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

RDC: Bashenguwe n’urupfu rw’Umujenerali waguye i Goma

RDC: Bashenguwe n’urupfu rw’Umujenerali waguye i Goma

2022/08/17 8:03 AM
RDC: Abantu 17 baguye mu gitero cyagabwe ahacukurwa amabuye y’agaciro

RDC: Abantu 17 baguye mu gitero cyagabwe ahacukurwa amabuye y’agaciro

2022/08/17 3:08 AM
Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya

Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya

2022/08/17 1:56 AM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010