Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Nyamvumba Robert yasoje igihano cye cy’amezi 30 muri Gereza

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2022/09/18 11:38 PM
A A
7
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Nyamvumba Robert, Umuvandimwe wa Gen. Patrick Nyamvumba kuri ubu ari mu buzima busanzwe nyuma yo gusoza igihano cye yakatiwe n’Urukiko Rukuru mu ntangiriro za Gashyantare 2022.

Nyamvumba Robert ubwo yari akiri mu nkiko (Archives)

Urukiko rwari rwaramukatiye imyaka ibiri n’amezi atandatu y’igifungo n’ihazabu ya miliyoni 50Frw

Uyu mugabo wahoze ari umuyobozi muri Minisuteri y’ibikorwaremezo muri Nzeri, 2021 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamuhamije icyaha cya Ruswa.

Nyamvumba yemeye ko yijanditse muri RUSWA asaba imbabazi Perezida Kagame

Kwamamaza

Icyo gihe rumukatira igihano cy’igifungo cy’imyaka itandatu n’ihazabu ya Miriyali 21,6Frw

Iki gihano yahise akijuririra mu Rukiko Rukuru rumugabanziriza ibihano, rumukatira amezi 30 n’ihazabu ya miliyoni 50Fr

Nyamvumba Robert yatawe muri yombi muri Werurwe 2020, icyo gihe Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko akurikiranyweho icyaha cya Ruswa ikomoka ku munyamahanga wagombaga kumuha miliyari 7Frw ku isoko yari yatsindiye rya miliyari 72Frw.

Nyamvumba wari wakatiwe imyaka 6 mu bujurire yakatiwe igifungo cy’amezi 30

Amafoto: NKUNDINEZA ( Archive)

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

CAF CC: Rashid yongeye gufasha AS Kigali

Inkuru ikurikira

AMAFOTO: REG yabonye itike yo gusubira muri BAL

Izo bjyanyeInkuru

Abagabo b’I Nyaruguru bishyiriyeho akagoroba kadasanzwe

Abagabo b’I Nyaruguru bishyiriyeho akagoroba kadasanzwe

2023/05/29 6:04 AM
Imbaraga z’umwijima mu mukino wa Kiyovu Sports na Rutsiro Fc

Imbaraga z’umwijima mu mukino wa Kiyovu Sports na Rutsiro Fc

2023/05/28 5:40 PM
Nkore iki? Umugabo wange nizeraga nyuma yo kumufata asambana naramuhuzwe

Nkore iki? Umugabo wange nizeraga nyuma yo kumufata asambana naramuhuzwe

2023/05/28 12:10 PM
Itsinda ryitwa Narodna Patrola ryigaragambije imbere y’Urukiko Mpanabyaha, ICC

Itsinda ryitwa Narodna Patrola ryigaragambije imbere y’Urukiko Mpanabyaha, ICC

2023/05/28 11:56 AM
Abiga muri ACEJ Karama basabwe kwitandukanya n’Ingengabitekerezo ya Jenoside

Abiga muri ACEJ Karama basabwe kwitandukanya n’Ingengabitekerezo ya Jenoside

2023/05/28 10:52 AM
Nyanza: DASSO yoroje inka umuturage

Nyanza: DASSO yoroje inka umuturage

2023/05/28 10:39 AM
Inkuru ikurikira
AMAFOTO: REG yabonye itike yo gusubira muri BAL

AMAFOTO: REG yabonye itike yo gusubira muri BAL

Ibitekerezo 7

  1. gatera says:
    shize

    Ubucamanza bwo mu isi burababaje.Nawe nyumvira.Urukiko rumwe rumuhanishije ihazabu ya Miliyari 21,urundi rumuhanisha 50 millions!! Ukibaza niba rumwe ruba ruzi amategeko kurusha urundi.Ubucamanza nyabwo buzabaho aruko Imana ariyo yitegekeye isi guhera ku munsi w’imperuka nkuko ijambo ryayo rivuga.Izabanza ikureho ubutegetsi bw’abantu.Nkuko Ibyahishuwe 11:15 havuga,ubutegetsi bw’isi buzahabwa Yesu.

  2. mahoro jack says:
    shize

    Yewe na bariya bandi bafungiye case y’inzu y’imbere ya Meridien muzabarekure pe, kuko ni amabwiriza bari bahawe. Kandi imyaka ibiri i mageragere uba wumvise!

  3. Anonymous says:
    shize

    Buri munyarwanda akwiye gusobanukirwa. (1) Ntuzibe niba udafite izina lizwi mu nzego zo hejuru! Niyo abantu basakuza bate, ntacyo bizatanga- (2) Niwiba, ujye wiba ahagije kandi menshi kubulyo azatuma utsinda urubanza cyanga akagufunguza bibaye ngombwa. (3) Wazira ukuri cyanga warengana, inama nyamukuru nuko wakwemera icyaha, ugasaba imbabazi umucamanza mukuru. (4) Irinde amategeko yanditse! Ibindi byose bizikora.

    • Kalisa says:
      shize

      Uko ni ko kuri (realite) mu rwa Gasabo! Trop dommage!

  4. Ndengejeho Henry says:
    shize

    Buri munyarwanda akwiye gusobanukirwa. (1) Ntuzibe niba udafite izina lizwi mu nzego zo hejuru! Niyo abantu basakuza bate, ntacyo bizatanga- (2) Niwiba, ujye wiba ahagije kandi menshi kubulyo azatuma utsinda urubanza cyanga akagufunguza bibaye ngombwa. (3) Wazira ukuri cyanga warengana, inama nyamukuru nuko wakwemera icyaha, ugasaba imbabazi umucamanza mukuru. (4) Irinde amategeko yanditse! Ibindi byose bizikora.

  5. Matsiko says:
    shize

    Bazibuke na PS Bamporiki nawe ntabwo yigeze agorana

  6. Matsiko says:
    shize

    Kdi ntimuzajye mushyira comment nyinshi kumbabazi zatanzwe nukuri igikorwa cyimbabazi nintambwe magana utera ugana mwijuru ibaze ariwowe uzigiriwe ahubwo nyuma yibi byose tujye turushaho gushima

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: info@umuseke.rw

Inkuru iheruka

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

Kamonyi: Ruyenzi SC yegukanye irushanwa ryo Kwibuka

2023/05/29 6:17 AM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010