Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imyidagaduro

Ishyamba si ryeru muri KIKAC Music na Mico The Best

Yanditswe na: KUBWIMANA Bona
2023/01/26 12:57 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Inzu ifasha abahanzi ya KIKAC Music iri mu zikomeye kuri ubu mu Rwanda iravugwamo urunturuntu kubera umuhanzi Mico The Best bivugwa ko yanze gusinya andi masezerano mugihe we avuga ko akiri kubitekerezaho.

Mico The Best, Bwiza n’umuyobozi wa KIKAC Music Dr Kintu

KIKAC Music ubu irimo abahanzi babiri ‘Mico The Best’ na ‘Bwiza Emerance’ akaba ari nawe bucura muri ino nzu yanyuzemo n’abandi bahanzi barimo Gihozo Pacifique hamwe na Danny Vumbi.

Kuri ubu Bwiza ni we umaze iminsi akora cyane anagaragara mu bitaramo. Ibi bamwe babifata nko gutonesha umuhanzi umwe undi agashyirwa ku gatebe.

Mico The Best aganira na UMUSEKE ibi byose yabigarutseho avuga ko amasezerano ye na KIKAC asigaje igihe gito ariko atararangira.

Kwamamaza

Naho ngo kuba bigaragara ko Bwiza ariwe utoneshwa we ameze nkuwatereranywe.

Ni urwenya rwinshi Yagize ati “Ubwo wasanga aribyo yasinyiye.”

Kubijyanye n’amasezerano Mico avuga ko akiri kubitekerezaho niba yasinya andi cyangwa se niba atazayongera.

Andi makuru ava mu nshuti za hafi z’ubuyobozi bwa KIKAC avuga ko Mico yanze kuba yakongera gusinya andi masezerano. Ngo kuko agoye bitewe n’indirimbo ze eshatu zikiri muri studio yanze ko basohora.

Mico The Best avuga ko akiri kubitekerezaho ibyo kongera amasezerano
Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

 Impinduka zitezwe ku murimo mu isi nshya y’ikoranabuhanga, ibyorezo n’imihindagurikire y’ibihe

Inkuru ikurikira

Congo ihakana kwikura mu biganiro byari kuyihuza n’u Rwanda muri Qatar

Izo bjyanyeInkuru

Javanix na Racine bakoze indirimbo iri mu njyana idasanzwe mu Rwanda-YUMVE

Javanix na Racine bakoze indirimbo iri mu njyana idasanzwe mu Rwanda-YUMVE

2023/03/26 4:48 PM
Umuhanzi Limu akangurira urubyiruko kwigira ku bana b’i Nyange babaye Intwari

Umuhanzi Limu akangurira urubyiruko kwigira ku bana b’i Nyange babaye Intwari

2023/03/25 2:34 PM
Knowless yakoranye indirimbo n’icyamamare Alex Cuba wegukanye Grammy Awards

Knowless yakoranye indirimbo n’icyamamare Alex Cuba wegukanye Grammy Awards

2023/03/25 12:58 PM
Miss Elsa  yujuje imyaka 25, Prince Kid aramutaka

Miss Elsa yujuje imyaka 25, Prince Kid aramutaka

2023/03/25 12:04 PM
2 Shots Club yahaye ubwasisi abakunzi ba Cyusa

2 Shots Club yahaye ubwasisi abakunzi ba Cyusa

2023/03/24 4:48 PM
Gikondo: Ahitwaga kuri “Morgue” hagiye kubera igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge n’uburaya

Gikondo: Ahitwaga kuri “Morgue” hagiye kubera igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge n’uburaya

2023/03/24 11:38 AM
Inkuru ikurikira
Congo ihakana kwikura mu biganiro byari kuyihuza n’u Rwanda muri Qatar

Congo ihakana kwikura mu biganiro byari kuyihuza n'u Rwanda muri Qatar

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010