Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imikino

AMAFOTO: Adel ugarutse gutoza Musanze, yageze mu Rwanda

Yanditswe na: HABIMANA Sadi
2023/02/03 7:46 AM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Umutoza w’Umunya-Misiri, Ahmed Abdelrahman Adel wahawe akazi ko gutoza ikipe ya Musanze FC, yageze mu Rwanda azanye n’umwungiriza we bazafatanya muri izi nshingano, Ibrahim wakinnye mu Bwongereza.

Ahmed Abdelrahman Adel n’umwungiriza we, Ibrahim bageze mu Rwanda

Uyu mutoza yageze mu Rwanda ku wa Kane tariki 2 Mutarama 2023, yakirwa n’abarimo Uwihoreye Ibrahim na Imurora Japhet ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe ya Musanze FC.

Kugeza ubu ntabwo Ubuyobozi bwa Musanze FC buratangaza igihe amasezerano ya Ahmed azamara, ariko amakuru ava i Musanze avuga ko ashobora kuyitoza mu mwaka umwe n’igice.

Arahita akomereza i Musanze mu kazi ko gutegura umukino iyi kipe izakira Étincelles FC ku Cyumweru tariki 5 Gashyantare 2023 kuri Stade Ubworoherane.

Kwamamaza

Ni ku nshuro ya Kabiri Ahmed Abdelrahman Adel aje gutoza Musanze FC, nyuma yo kuyizamo mu mpera za 2019 ariko akaza kuyivamo muri Gicurasi 2020 bapfuye ko ubuyobozi bwashakaga kumukata umushahara bitewe n’uko amikoro y’ikipe yari yahungabanyijwe n’icyorezo cya Covid-19.

Uyu mutoza kandi yaherukaga muri Gasogi United ariko na yo ntiyayitinzemo, kuko bahise batandukana biciye mu bwumvikane bw’impande zombi.

Abarimo Uwihoreye Ibrahim [ubanza iburyo] bakiriye Ahmed Adel
Ahmed Adel [uri iburyo] yavuze ko yishimiye kongera kugaruka gutoza mu Rwanda
UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

ITANGAZO RIMENYESHA IYEGERANYA N’IGABANYA RY’UMUTUNGO

Inkuru ikurikira

I Kigali hagiye kubera iserukiramuco rya Giants of Africa

Izo bjyanyeInkuru

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM
EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
IFOTO itangaje: Umwana utaruzuza imyaka 10 yitabiriye isiganwa ry’amagare

IFOTO itangaje: Umwana utaruzuza imyaka 10 yitabiriye isiganwa ry’amagare

2023/03/27 11:18 AM
Swimming: Abasaga 100 bitabiriye irushanwa rya Mako Sharks

Swimming: Abasaga 100 bitabiriye irushanwa rya Mako Sharks

2023/03/26 8:54 PM
Amagare: Niyonkuru Samuel yegukanye Kivu Belt Race

Amagare: Niyonkuru Samuel yegukanye Kivu Belt Race

2023/03/26 7:44 PM
FERWAFA yatangiye gukundisha abakobwa umupira w’amaguru

FERWAFA yatangiye gukundisha abakobwa umupira w’amaguru

2023/03/26 10:25 AM
Inkuru ikurikira
I Kigali hagiye kubera iserukiramuco rya Giants of Africa

I Kigali hagiye kubera iserukiramuco rya Giants of Africa

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010