Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imyidagaduro

Mutesi Jolly yavuze ku mwana we, yikoma abantu bagurisha izina rye

Yanditswe na: KUBWIMANA Bona
2023/03/08 9:35 PM
A A
1
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Miss Mutesi Jolly yanyomoje amakuru amaze iminsi avugwa ko yaba atwite ahishura ko azabyara umwana umwe mugihe cya vuba gusa ko ubu nta muntu n’umwe atwitiye.

Kugirango Mutesi Jolly atangaze aya makuru byavuye ku kinyamakuru cyavuze ko yaba atwite. Nyuma yaho yahise abinyomoza avuga ko adatwite.

Umutwe w’iyo nkuru wavugaga ko Mutesi Jolly bamukozemo akazi bikaba bivugwa ko atwite inda nkuru.

Mu gusubiza iyo nkuru yavuze ku bantu bagiye bamwandikira bamuha ubutumwa bw’amashimwe kuko ari kwitegura kwibaruka gusa avuga ko ibyo atari ukuri.

Kwamamaza

Aha agaruka ku bantu bitwaza izina rye bakaricuruza kugirango babone amafaranga bigatuma bavuga ibinyoma, kandi kuri we biba biri kumwangiriza.

Yagize ati “Ku bantu bose banyoherereje ubutumwa bw’ishimwe, mwarakoze ku nyifuriza ibyiza, umwana rwose ni umugisha kandi ndatekereza kugira umwe mugihe gikwiye cya vuba.”

“Ariko, aya ni amakuru y’impimbano abantu bagurisha izina ryanjye kugirango bakundwe bihendutse, mubigire neza.”

Miss Jolly yabaye Miss Rwanda 2016, akunzwe kuvugwa cyane mu itangazamakuru mu nkuru zitandukanye haba izimuvuga neza cyangwa nabi.

Mutesi Jolly avuga ko adatwite ariko azabyara mugihe cya vuba

View this post on Instagram

A post shared by Miss Rwanda2016 (@mutesi_jolly)

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Umwijima w’ibyo nanyuzemo ntuzambuza ku murikira Isi – Alyn Sano

Inkuru ikurikira

Nyakabanda: Abagore baremeye imiryango itishoboye

Izo bjyanyeInkuru

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM
EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

2023/03/27 2:40 PM
Inkuru ikurikira
Nyakabanda: Abagore baremeye imiryango itishoboye

Nyakabanda: Abagore baremeye imiryango itishoboye

Ibitekerezo 1

  1. Dumbuli says:
    shize

    Ahubwo uyu mubyeyi arabyara vuba dushake gift za Bebe na nyina mpereye amagambo yivugira nkashingira o ku mubyibuho afite, imiterere y’uruhu n’umubiri agaragaza ubu, aravuga ngo nzabyara umwana umwe vuba ahangaha , atariko ntawe ntwitiye njyewe nditiyiye umwana wanjye ubwanjye ku bw’ibyo abamuhaye ubutumwa bwa congos bashobora kuba abafite ukuri.Gusa nkeka ko atazabyarira mu Rwanda azambka umupaka yirinda amagambo.

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010